Nyabihu: Mu isuzumwa ry’imihigo, akarere kashimiwe ko imyumvire y’abakozi imaze kuzamuka ariko banasabwa kujya bagira inyandiko zigaragaza ibyo bakora
Kuri uyu wa 21 Gicurasi 2013, nibwo Intara y’Iburengerazuba yohereje itsinda ryo gusuzuma uburyo imihigo ya 2012-2013, igenda ishyirwa mu bikorwa. Ibi bikaba bibaye mu gihe umwaka w’ingengo y’imari ugenda usatira umusozo. Ubwo hasuzumwaga uko akarere kagenda kesa imihigo,Jabo Paul umunyamabanga nshingwabikorwa w’Intara y’Iburengerazuba,wari More...
Kirehe- Abavugarikijyana bahuguwe ku bijyanye n’amatora ateganijwe y’abadepite
Kuri uyu wa 20/05/2013 komisiyo y’igihugu y’amatora yahuguye abakozi batandukanye barimo abanyamabanga Nshingwabikorwa b’imirenge igize Akarere ka Kirehe hamwe n’abavuga rikijyana muri aka karere ku matora, More...
Hakwiye kugenzurwa abafatanyabikorwa mu iterambere kuko hari abapfunyikira abaturage amazi
Ubuyobozi bw’intara y’uburengerazuba buvuga ko hakwiye kuba ingenzura rikomeye kubafatanyabikorwa bazana ibikorwa mu karere harebwa ibyo bakora ko bijyanye n’agaciro babiha. Iki kibazo kikaba cyagarutsweho More...
Hatangijwe ukwezi kwahariwe urubyiruko mu karere ka Kirehe
Kuri uyu wa 16/05/2013 mu karere ka Kirehe hatangije ku mugaragaro ukwezi kwahariwe urubyiruko, gutangirizwa mu kagari ka Nyagasenyi ho mu murenge wa Gahara, cyatangijwe kandi hasizwa ikibanza cyo kuzubakamo amashuri More...
Rulindo: Umurenge wa Mbogo wamuritse ibyagezweho ku bufatanye n’abafatanyabikorwa bawo.
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 17/5/2013, mu murenge wa Mbogo ho mu karere ka Rulindo, habereye igikorwa cyo kumurika ibyagezweho mu iterambere ry’ abaturage babifashijwemo n’abafatanyabikorwa b’uyu murenge More...
Gakenke: literacy level increases, more adults get certificates
About 2,200 adults that learnt reading, writing and counting and passed well in Gakenke district were on Wednesday 15th.May.2013 given certificates of performance. The District Mayor Deo Nzamwita says in 2011, 13percent More...
Nyamagabe: Abafatanyabikorwa mu iterambere barasabwa gushyigikira itorero ry’igihugu.
Mu nama rusange isanzwe y’ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu iterambere ry’akarere ka Nyamagabe (JADF) yateranye kuri uyu wa kane tariki ya 16/05/2013, abafatanyabikorwa mu iterambere ry’akarere basabwe gushyigikira More...
Guverineri Kabahizi yasuzumye aho akarere ka Rutsiro kageze gahigura imihigo y’umwaka wa 2012 – 2013
Guverineri w’intara y’Iburengerazuba, Kabahizi Celestin afatanyije n’abayobozi batandukanye ku rwego rw’intara n’abayobozi b’akarere ka Rutsiro tariki 17/05/2013 barebeye hamwe ibimaze kugerwaho mu More...
Kagame attributes Rwanda’s success to home-grown initiatives
President Kagame has said that Rwanda managed to attain satisfactory results in local government due to home-grown initiatives. The president was addressing participants at the on-going 2013 Commonwealth Local More...
Byimana: kuba nta muntu waguye mu kigo ntibyababuza kwibuka abaguye ahandi-Nyirabukeye Adeline
Abayobozi b’ikigo nderabuzima cya Byimana n’izindi nzego bajya kunamira imibiri ishyinguye mu rwibutso rwa Byimana Ubuyobozi bw’ikigo nderabuzima cya Byimana mu karere ka Ruhango, buravuga ko mu gihe cya jenoside More...
