Gisagara: Muri Nyanza intore zahanze umuhanda wa km 1
Intore zo ku rugerero mu murenge wa Nyanza zikomeje ibikorwa byazo bigamije iterambere ry’akarere, aho ziri guhanga umuhanda ureshya na km1 uhuza kiriziya y’ahitwa Higiro n’uturuka mu karere ka Nyaruguru unyuze ahitwa mu rukingu. Si umuhanda gusa izi ntore zongeyeho nk’igikorwa cy’indashyikirwa kuko umuyobozi wungirije w’intore BUCYANA More...
Nyanza: Kwibuka jenoside yakorewe abatutsi ntabwo ari ukubika inzika nk’uko bivugwa n’abayipfobya
Mu muhango wo kwibuka jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 baguye mu Mayaga mu murenge wa Muyira mu karere ka Nyanza wabaye kuri iki cyumweru tariki 19/05/2013 Depite Kalima Evode intumwa ya Rubanda mu Nteko More...
GISAGARA: Nyuma yo kongererwa igihe Intore ziri ku rugerero ziyemeje kongera ibikorwa
Intore zo mu mirenge ya Mukindo na Mugombwa ho mu karere ka Gisagara ziri ku rugerero ubwo zasurwaga n’itsinda rishinzwe kuzikurikirana mu karere, ziyemeje ko zigiye kongera ibikorwa kuko zongerewe igihe kandi More...
Gisagara: Barasabwa gutanga amakuru ku gihe harwanywa ubugizi bwa nabi
Nyuma y’ubwicanyi butandukanye bumaze iminsi buvugwa mu karere ka Gisagara, umuyobozi w’ingabo mu ntara y’amajyepfo General Major Alexis Kagame arasaba abatuye aka karere cyane cyane abatuye umurenge wa Mukindo More...
RUSIZI: Imihigo y’akarere igeze kuri mirongo inani ku ijana (80%)
Mu rwego rwo gusuzuma aho imihigo igeze mu karere ka Rusizi ,Guverineri w’intara y’uburengerazuba Kabahizi Celestin yatangaje ko aka karere kageze kuri 80/100, kesa imihigo bahize igera kuri 58 yose hamwe, More...
Bugesera : Abafatanyabikorwa ba Komisiyo y’amatora biyemeje kuzagira uruhare mu matora y’abadepite
Abafatanyabikorwa ba komisiyo y’amatora mu karere ka Bugesera Abafatanyabikorwa ba komisiyo y’amatora mu karere ka Bugesera biyemeje kuzagira uruhare mu matora y’abadepite ateganyijwe mu kwezi kwa 9/2013. Ibyo More...
Hatangijwe ukwezi kwahariwe urubyiruko mu karere ka Kirehe
Kuri uyu wa 16/05/2013 mu karere ka Kirehe hatangije ku mugaragaro ukwezi kwahariwe urubyiruko, gutangirizwa mu kagari ka Nyagasenyi ho mu murenge wa Gahara, cyatangijwe kandi hasizwa ikibanza cyo kuzubakamo amashuri More...
Rulindo: Umurenge wa Mbogo wamuritse ibyagezweho ku bufatanye n’abafatanyabikorwa bawo.
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 17/5/2013, mu murenge wa Mbogo ho mu karere ka Rulindo, habereye igikorwa cyo kumurika ibyagezweho mu iterambere ry’ abaturage babifashijwemo n’abafatanyabikorwa b’uyu murenge More...
Gakenke: literacy level increases, more adults get certificates
About 2,200 adults that learnt reading, writing and counting and passed well in Gakenke district were on Wednesday 15th.May.2013 given certificates of performance. The District Mayor Deo Nzamwita says in 2011, 13percent More...
Nyamagabe: Abafatanyabikorwa mu iterambere barasabwa gushyigikira itorero ry’igihugu.
Mu nama rusange isanzwe y’ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu iterambere ry’akarere ka Nyamagabe (JADF) yateranye kuri uyu wa kane tariki ya 16/05/2013, abafatanyabikorwa mu iterambere ry’akarere basabwe gushyigikira More...
