Gakenke: Harakusanywa ibitekerezo by’ibyo JADF yakora ngo irusheho gutanga umusaruro
Bamwe mu bitabiriye inama ya JADF. Kuri uyu wa kabiri tariki 21/05/2013, ikigo gishinzwe imiyoborere myiza (RGB) na Komite nyobozi y’ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu iterambere ry’akarere baganiriye ku zindi nshingano zanozwa, JADF zigatuma irushaho kuba moteri y’iterambere mu Karere. Jean Paul Munyandamutsa wari uhagarariye ikigo cya RGB More...
Imiyoborere myiza iha uruhare abayoborwa niyo ntandaro yo kwigira – Gvr Munyentwari
Aganira n’abayobozi batandukanye bo mu karere ka Kamonyi, Guverineri w’Intara y’Amajyepfo yagaragaje uruhare ubuyobozi bubi bwagize mu gucengeza ingengabitekerezo ya jenoside, maze ashimangira ko igisubizo More...
Huye: kwibuka jenoside, ni igihe cyo gushima no kugaya
Mu ijambo yagejeje ku bari bitabiriye gutangiza icyunamo mu Karere ka Huye, igikorwa cyabereye mu Murenge wa Kinazi, Kayiranga Muzuka, umuyobozi w’aka Karere, yavuze ko kwibuka abazize jenoside, bijyana no kugaya More...
Ngoma: Kwibuka ni ngombwa kuko bidufasha guhora turi maso-Mayor
Umuyobozi w’akarere ka Ngoma,Nambaje Aphrodise,abona ko kwibuka ari ngombwa kandi ko ari intwaro ituma abantu bahora bari maso birinda icyo aricyo cyose cyatuma Genocide yongera kuba. Ibi umuyobozi w’akarere More...
Gakenke: Umuryango utibuka urazimira-Umuyobozi w’Akarere
Umuyobozi w’akarere, Nzamwita Deo, ati: ” Umuryango utibuka urazimira” Umuyobozi w’Akarere ka Gakenke, Nzamwita Deo aributsa ko kwibuka ari ngombwa kuko bituma abantu bibuka amateka mabi yaranze More...
Kayonza: N’ubwo ingorane ari nyinshi, kwigira birashoboka ku bacitse ku icumu – Uwarokotse Jenoside
Abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bahura n’ingorane zikomeye zibabuza kugera ku iterambere nk’uko Uwiragiye Donat wacitse ku icumu ry’iyo Jenoside abivuga. Anavuga ko n’ubwo izo ngorane More...
Kwibuka si umuhango, ni ukuzirikana-Mayor w’akarere ka Burera
Umuyobozi w’akarere ka Burera asaba abaturage bose bo muri ako karere kwitabira ku bushake ibiganiro bitangwirwa hirya no niho mu midugudu, mu cyumweru cyo kwibuka abazize Jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka More...
Nyanza: Kwibuka ku nshuro ya 19 jenoside yakorewe abatutsi bizakorerwa muri buri mudugudu
Kuri uyu wa mbere tariki 25/03/2013 inama yakozwe n’ubuyobozi bw’akarere ka Nyanza ibanziriza iya nyuma itegura ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 19 Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 mu Rwanda hemejwe More...
Nyanza: Ibyahungabanyije umutekano byagaragaye inshuro 13 muri Werurwe 2013
Inama y’umutekano yaguye yabaye tariki 25/03/2013 mu cyumba cy’inama cy’akarere ka Nyanza yashyize ahagaragara icyegeranyo cyerekana ko ibyahungabanyije umutekano byagaragaye inshuro 13 mu mirenge itandukanye More...
Nyamagabe: Hari gutegurwa gahunda y’imyaka itatu igamije kuvana abaturage mu bukene.
Mu karere ka Nyamagabe hari gutegurwa gahunda y’imyaka itatu igamije kuvana abaturage b’imirenge ikiri inyuma mu bukene, kugira ngo batere intambwe bava munsi y’umurongo w’ubukene byihuse. Ibi bije nyuma More...
