Kamonyi residents educated about heroes day
Residents of Runda sector were called upon to participate in the forth coming hero’s day on 1st –February-2012. The call was made on monthly communal work day, where a mammoth of residents helped in constructing Ruyenzi cell offices. While addressing residents, the president More...
Rusizi: Imihigo 21 kuri 58 yagezweho 100% naho 37 igeze hejuru ya 60% mu mezi atandatu ashize
Nyuma yaho muri Nyakanga 2012, Umuyobozi w’Akarere ka Rusizi ashyiriye umukono kunyandiko ikubiyemo ibikorwa by’imihigo y’umwaka wa 2012-2013 imbere ya Perezida wa Repubulika nk’amasezerano y’ibigomba More...
Nyamasheke: Imihigo 17 yagezweho 100% naho 23 iri munsi ya 50% mu mezi 6 ashize
Mu mihigo 85 akarere ka Nyamasheke kahize muri uyu mwaka wa 2012-2013, 17 muri yo yamaze gushyirwa mu bikorwa 100% naho 23 iracyari munsi ya 50%. Ibi byagaragajwe kuri uyu wa mbere, tariki ya 28/01/2013, ubwo akarere More...
Nyamagabe: Ibihungabanya umutekano byaragabanutse mu kwezi kwa mbere- Umuyobozi w’akarere.
Ubuyobozi bw’akarere ka Nyamagabe buratangaza ko ibikorwa bihungabanya umutekano byagabanutse ku buryo bugaragara muri uku kwezi kwa mbere mu mwaka wa 2013, biturutse ku bukangurambaga mu baturage mu gucunga More...
Nyamagabe: Inama y’umutekano yaguye yungutse abatumirwa bashya.
Guhera mu nama y’umutekano yaguye y’akarere ka Nyamagabe y’ukwezi kwa mbere mu mwaka wa 2013, ubuyobozi bwa pariki y’igihugu ya Nyungwe, uhagarariye abapfakazi barokotse jenoside yakorewe abatutsi muri More...
Rulindo: muri uku kwezi kw’imiyoborere myiza abaturage basanga abayobozi bakwiye kubegera bakaganira bakungurana inama ku bijyanye n’imiyoborere myiza.
Bamwe mu baturage batuye akarere ka Rulindo, bavuga ko ngo imiyoborere myiza izagerwaho ari uko abayobozi babegereye bakungurana inama,ndetse bakanafatanya gukemura ibibazo bimwe na bimwe biba bihari bidindiza More...
Intara y’Iburasirazuba yahigiye kuzaza ku isonga mu bikorwa by’Urugerero
Guverineri Uwamariya aremeza ko Intara ayoboye izaba ku isonga mu bikorwa by’urugerero Umuyobozi w’Intara y’Iburasirazuba yemereye guverinoma y’u Rwanda ko Intara ayoboye izaza ku isonga mu gukora neza More...
Kamonyi: Abaturage b’umurenge wa Runda basobanuriwe ibikorwa by’intwari z’igihugu
Nyuma y’umuganda usoza ukwezi kwa Mutarama 2013, abaturage b’umurenge wa Runda basobanuriwe ibikorwa by’intwari z’igihugu, basabwa no kuzitabira ibirori byo kwizihiza umunsi w’intwari uzaba tariki 1/2/2013. Asobanurira More...
Rusizi district puts in place 5 years action plan
For the long lasting development of the district to be attained, programs like people’s habitation in settlement villages have to be encouraged. This is one of the many resolutions decided upon in the Rusizi district More...
Nyaruguru: Local leaders and Civil Society agree on the district budget
Nyaruguru district officials in Southern Rwanda and the Civil Society Platform on Thursday reached a consensus on approving the district’s annual budget together for the good of the district residents. The decision More...
