Gatsibo: Abaca abaturage amafaranga ku buryo butemewe bagiye guhagurukirwa
Ruboneza Ambroise umuyobozi w’Akarere ka Gatsibo Nyuma y’aho bamwe mu batuye Akarere ka Gatsibo batangarije ko hari abashinzwe ubuhinzi mu Mirenge babaca amafaranga abahinga bavanga imyaka, ubuyobozi bw’aka karere buratangaza ko bitemewe n’amategeko, n’abazafatwa babikora bazabihanirwa. Mu rwego rwo guteza imbere ubuhinzi, Leta y’u Rwanda More...
Abarundi bari batuye i Kabarondo batagira ibyangombwa basabwe kujya kubishaka bakabona kugaruka
Abarundi 13 bafashwe batuye mu murenge wa Kabarondo mu karere ka Kayonza batagira ibyangombwa basabwe gusubira mu gihugu cya bo kubishaka. Abo barundi bari baraje mu Rwanda gushaka akazi, ndetse bamwe ngo bari More...
Nyamasheke: Abashinzwe umutekano w’ibanze barasabwa kugira imyitwarire iboneye
Abashinzwe umutekano w’ibanze bazwi nka “Local Defense” barasabwa kugira imyitwarire ikwiye kandi bakarushaho guhugukira umurimo wabo kugira ngo basohoze inshingano yabo. Ibi byasabwe na Colonel Rutikanga More...
Muhura: Basabwe kutirara mu rwego rw’umutekano
Umuyobozi w’ingabo mu Karere ka Gatsibo majoro Mugisha yasabye abaturage kutirara ku mutekano muri ibi bihe bisoza umwaka twinjira mu mwaka mushya wa 2013, n’ubwo ngo usanzwe uhari. Ibyo bikubiye mu butumwa More...
Huye: abatanga serivisi barasabwa gushyiraho inyandiko isobanura uko bakora
Nyuma y’ukwezi kumwe Akarere ka Huye gashyizeho itsinda ryo kugenzura imitangire ya serivisi mu nzego zinyuranye zaba iza Leta ndetse no ku bikorera, abagize iri tsinda bahuye kuri uyu wa 28 Ukuboza, maze baganira More...
Abakozi b’inzego zibanze bongeye kwibutswa kuba muduce bayobora
Nyuma y’uko minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu igaragaje ko kutaba muduce bayobora bituma abayobozi badakurikirana ibibera mubaturage bashinzwe igihe cyose, yabasabye gutura aho bayobora ariko bamwe ntibabyubahiriza. Kuwa More...
Customer care services to be improved in 2013- Nyanza District
Nyanza District Authority has called upon all companies and service delivery institutions to work on improving customer care in the nearly beginning year 2013, according to a meeting held on December 21st 2012. The More...
Rwanda | Nyanza: Ikibazo cy’imitangire ya servisi itanoze cyavugutiwe umuti
Mu rwego rwo kurebera hamwe uko ikibazo cy’imitangire mibi ya servisi mu karere ka Nyanza cyakosorwa abarebwa n’imitangire yayo muri aka karere bahuriye mu nama tariki 21/12/2012 biga icyo bakora kugira ngo More...
Gicumbi : Impunzi za Gihembe zirasaba ko abana babo bakwandikwa mu bitabo byiranga mimerere
Abadepite basuye inkambi ya Gihembe Mu ruzinduko abadepite bagize komisiyo y’imibereho myiza y’abaturage y’u Rwanda bagiriye mu nkambi ya Gihembe iri mu karere ka Gicumbi, kuwa 19/12/2012, basanze izo More...
Rubavu: Abanyamakuru barigishwa uruhare mu gutuma Abanyarwanda batahuka mbere y’itariki ntarengwa
Umunyango mpuzamahanga Search for Common Ground (SFCG) taliki 17/12/2012 watangije amahugurwa y’abanyamakuru bakorera ibitangazamakuru bitandukanye mu kubashishikariza kumenyesha Abanyarwanda icyemezo cyo guhagarika More...
