
Intara y’amajyepfo: Uturere twiyemeje kugenzurana uko dukoresha umutungo wa Leta
Mu rwego rwo kunoza umurimo wo gucunga neza umutungo wa Leta, abashinzwe gucunga uko umutungo wa Leta ukoreshwa (auditors) mu Turere tugize Intara y’amajyepfo, biyemeje gufatanya kugenzura uturere bakoreramo. Kuko More...

Nyaruguru district: Over 180 young people receive computer literacy certificates
A total of 187 young people (aged between 14 and 35) –  67 girls and 120 boys – from Munini sector in Nyaruguru district, Southern Rwanda, were, on Friday, awarded computer literacy certificates More...

Bugesera : Barasabwa kurwanya ibiyobyabwenge kuko ababikoresha nta terambere bashobora kugeraho
Urubyiruko rwari rwinshi rwaje kwihera amaso icyo gikorwa Umuyobozi ushinzwe ibikorwa by’ubuvuzi muri polisi y’igihugu Assistant Commissionner of Police Dr Willison Rubanzana arasaba buri wese guhagurukira More...

Kamonyi: Abanyamugina barasabwa gutanga amakuru y’aho bamwe mu bazize jenoside baherereye
Mu gihe ku nshuro ya 19 jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, mu Rwibutso rwa Mugina hashyinguwe kuri uyu wa gatanu tariki 26/4/2013, imibiri 35 y’abazize jenoside, isanga indi  ibihumbi 34 yari isanzwe More...

EAC Heads of State Summit to discuss one currency
East African Community Heads of State are slated to meet this Sunday, May 28, 2013 in the Ordinary summit and top on agenda for discussion will be the single EAC currency. The single currency matter, according More...

Burera: Abafatanyabikorwa barasabwa kubahiriza igenamigambi ry’akarere
Umuyobozi w’akarere ka Burera atangaza ko umufatanyabikorwa uzajya ashaka kuzana ibikorwa by’iterambere muri ako karere azajya agendera ku bikubiye mu igenamigambi ry’imyaka itanu akarere kihaye More...

Abayobora mu Ntara ya Mwanza muri Tanzaniya basuye akarere ka Nyanza mu gushimangira umubano bafitanye
Itsinda ry’abayobozi 34 baturutse mu Ntara ya Mwanza mu gihugu cya Tanzaniya basuye akarere ka Nyanza muri gahunda yo gushimangira umubano usanzwe hagati y’abayobozi b’impande zombi. Bakiriwe More...

Urubyiruko rurasabwa kugira uruhare mu iterambere rya Musanze
Urubyiruko rutuye mu karere ka Musanze rurasabwa kugira uruhare rugaragara mu bikorwa by’iterambere ry’akarere, kuko aricyo cyiciro gifite imbaraga, ndetse bakaba ari bo benshi batuye akarere ka Musanze. Kuri More...

Gatsibo: Barasabwa gukorera hamwe nk’ikipe
Umuyobozi w’Intara y’iburasirazuba Madame Uwamariya Odette arasaba abakozi b’inzego zinyuranye bakorera mu karere ka Gatsibo kurushaho gukora cyane no gukorera hamwe nk’ikipe kugira ngo More...

Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo kuwa Gatatu, tariki ya 24 Mata 2013
Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 24 Mata 2013. 1. Inama y’Abaminisitiri yatangiye yifatanya More...