Subscribe by rss
    Friday 15 January, 2021
    Rwanda News
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED
    Published On: Sat, Jun 8th, 2013
    Block4--ibikorwa-National / Feature | By gahiji

    Rusizi: Intore zo ku rugerero ngo zatumye imihigo y’akarere izamuka

    Intore zo ku rugerero ngo zatumye imihigo y’akarere izamuka

    Intore zo ku rugerero zo mu karere ka Rusizi zirashimirwa uruhare ziri kugenda zigaragaza mu iterambere ry’igihugu muri rusange, aho bigaragara ko ibikorwa ziri gukora bigaragara ko bifitiye igihugu akamaro n’abanyarwanda muri rusange,

    bimwe mubyo kwishimirwa izi ntore zo kurugerero zagezeho muri aka karere, harimo kuba barazamuye umubare w’ubwisungane mu kwivuza aho byagaragaraga ko  mbere wari hasi cyane, ubu ukaba warazamutse ukagera kuri 80%, ibyo ngo babikesha intore. hakiyongeraho kubaka inyubako z’utugari n’ibindi.

    Ni muri urwo rwego izi ntore zisabwa gukomeza kugira  imbaraga, bashishikarira  guhigura imihigo bahize kuko ukora neza ngo adakwiye gucika intege.

    Intore zo ku rugerero ngo zatumye imihigo y’akarere izamuka2

    ibi babisabwe n’ushinzwe gahunda z’itorero ry’ igihugu Rugenintwaza Nepo, yanabasabye guhuza ibikorwa by’intore muri ibi bihe imfura z’intore zo kurugerero zigiye guzoza ibikorwa byazo kugirango amateka banditse atazibagirana ndetse ibyo ngo bizatuma na barumuna babo bazabakurikira barushaho gukora bagera ikirenge mucyabo.

    Nubwo hari byinshi byagezweho ariko hari  n’imbogamizi izi ntore zagiye zigira zo kutagera neza kubyo bari biyemeje harimo kubura ibikoresho bifashisha mu mirimo bari barimo bakaba basaba abayobozi babakurikirana umunsi kuwundi kuzategura ibikoresho bihagije mucyiciro kizakurikiraho kugirango imihigo baba biyemeje igerweho yose

    Iki cyiciro cya kabiri cy’urugerero kizasozwa tariki 28 kamena uyu mwaka wa 2013, Turatsinze Felix, uhagarariye intore zo mu murenge wa Gihundwe avugako muri iki gihe basigaje iminsi mike ngo barangize urugerero ngo bagiye gukora cyane kugirango barebe ko bahigura ibyo biyemeje kabone nubwo batabona ibikoresho nkuko bikwiye.

    Umuyobozi w’akarere ka Rusizi Nzeyimana Oscar nawe yemeza ko ibikorwa by’intorere bigenda byigaragaza hirya no hino mu mirenge no mu tugari, akaba ashimira izi ntore byimazeyo kuko zigiye gusiga impinduka nziza muri aka karere.

     

    Related News
    Tweet

    Why Ugandan President Museveni is Insulting Rwanda’s War Dead

    Israel Joins Rwanda to Demand France Acts on Genocide Suspects

    Rwandan national arrested in Malawi over fraud

    No silence on corruption-Kagame

    Leave a comment

    Click here to cancel reply.

    XHTML: You can use these html tags: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <s> <strike> <strong>

    Join us in Facebook

    Popular Posts

    • Tribert Rujugiro: The Story of the Rwandan Billionaire
    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Unknown son of Gen Fred GISA Rwigema reappears after 24 years
    • Israel Joins Rwanda to Demand France Acts on Genocide Suspects
    • Rwanda Bypasses Uganda for its own Standard Gauge Railway Line

    Recent News

    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda
    • Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda
    • Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM
    • How Rwandan Banks can Benefit from Latest Technologies
    • Rwanda: Food Delivery App Cuts Prices, Meal Arrival Time
    • Rwanda Starts Phasing Out Dangerous Refrigerators

    Subscribe via email

    Enter your email address:

    Tweet
    Rwanda News
      • Home
      • About us
      • Contact Us
      • Privacy Policy
      • Terms
      • RSS by category
      • Irembo
      • Abanyapolitiki
        • Ibibazo n’ibisubizo
        • Ibikorwa
        • Imitwe ya politiki
        • Rwanda Politics
        • Ubuvugizi
    All Rights Reserved | NewsOfRwanda.com
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED