Subscribe by rss
    Sunday 24 January, 2021
    Rwanda News
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED
    Published On: Sat, Apr 12th, 2014
    Block4--ibikorwa-National / featured1 | By gahiji

    Mutete – Habonetse imibiri y’abantu 3 bazize jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994

    Mutete - Habonetse imibiri y’abantu 3 bazize jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994

    Mu mudugudu wa Gasharu, akagari ka Gaseke, umurenge wa Mutete wo mu karere ka Gicumbi habonetse imibiri y’abatu batatu bazize jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994.

    Iyi mibiri yabonywe n’uwitwa Nkusi Damascene Ubwo yarimo acukura umuringoti mu isambuye nuko akubise abonamo amagufa nibwo yahise yihutira kubimenyasha abayobozi.

    Inzego z’ubuyobozi zasanze uyu mubiri ari uwitwa Mukarugambwa julienne wishwe mu gihe cya jenoside, ari kumwe n’abana be 2 uwo yarahetse mu mugongo wonkaga wari ufite amezi 2 witwa Nyirakama, n’uwari ufite imyaka 2 n’amezi 6 muri icyo gihe cya jenoside.

    Rutanshungirwa Didace warokotse jenoside wari warashakanye na Mukarugambwa julienne avuga ko babashije kumenya uwari umugore we kuko babonye impetso yari ahetsemo uwo mwana barayimenya  ndetse n’imyamabaro ye ntabwo yaboze.

    Avuga ko uwishe uwari umufasha we Mukarugambwa Julienne n’abana be witwa Ntambara yajyaga kubereka aho yabashyize akabereka ahatariho kuva mu mwaka wa 2004  kugeza ubu ntiyigeze abereka ahari ho h’ukuri kuburyo bari barabuze aho babashyize.

    Ngo nubwo bibabaje avuga ko hari icyo bimufashije kuko yari afite agahinda kenshi ko kuba atarabashije gushyingura abantu be mucyubahiro.

    Muhire Jean D’amour umwe mubana be wabashije kurokoka jenoside avuga ko nubwo bibabaje ariko ngo hari icyo bibafashije nk’umuryango wabo wasigaye kuba babonye umubiri w’umubyeyi wabo ndetse n’uwabana bavaga inda imwe bakazabashyingura mucyubahiro.

    Related News
    Tweet

    Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts

    Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda

    Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda

    Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM

    Leave a comment

    Click here to cancel reply.

    XHTML: You can use these html tags: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <s> <strike> <strong>

    Join us in Facebook

    Popular Posts

    • Tribert Rujugiro: The Story of the Rwandan Billionaire
    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Why Ugandan President Museveni is Insulting Rwanda’s War Dead
    • Israel Joins Rwanda to Demand France Acts on Genocide Suspects
    • Unknown son of Gen Fred GISA Rwigema reappears after 24 years

    Recent News

    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda
    • Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda
    • Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM
    • How Rwandan Banks can Benefit from Latest Technologies
    • Rwanda: Food Delivery App Cuts Prices, Meal Arrival Time
    • Rwanda Starts Phasing Out Dangerous Refrigerators

    Subscribe via email

    Enter your email address:

    Tweet
    Rwanda News
      • Home
      • About us
      • Contact Us
      • Privacy Policy
      • Terms
      • RSS by category
      • Irembo
      • Abanyapolitiki
        • Ibibazo n’ibisubizo
        • Ibikorwa
        • Imitwe ya politiki
        • Rwanda Politics
        • Ubuvugizi
    All Rights Reserved | NewsOfRwanda.com
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED