Subscribe by rss
    Wednesday 27 January, 2021
    Rwanda News
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED
    Published On: Wed, Oct 14th, 2015
    Block4--ibikorwa-National / featured1 / Kinyarwanda | By gahiji

    Ruhango: Njyanama yungukiye byinshi mu mwiherero

    C:\Users\ntg3\Downloads\articlesforuploadingyellow (1)

    Njyanama y’akarere ka Ruhango, iravuga ko iminsi itatu yamaze mu mwiherero, yahungukiye byinshi bizayifasha mu iterambere ry’abaturage.

    Perezida wa Nyanama y’akarere ka Ruhango Rusanganwa Theogenene, avuga ko iminsi itatu bamaze mu mwiherero, mu ntara y’Iburengerazuba, bashoboye kunguka ubumenyi bwinshi buzabafasha mu guteza imbere abaturage.

    C:\Users\ntg3\Downloads\articlesforuploadingyellow (1)

    Uyu muyobozi avuga ko, uyu mwiherero bagiye mu karere ka Nyabihu mu ntara y’amajyaruguru, aho bashoboye gusura ibikorwa by’umushinga w’amazi ndetse n’ibagiro ryaho uko rikora rikanateza imbere abaturage.

    Ubwo basuraga ibi bikorwa tariki ya 10/10/2015, ngo bagize amahirwe yo guhura n’ubuyobozi bw’aka karere, bumvikana ko imikoranire yabo igomba kuba myiza, ibi bikorwa cyane nk’amazi bakayageza ku baturage b’akarere ka Ruhango.

    Perezida wa njyanama agira ati “twahungukiye byinshi, kuko twanashoboye  kuhabona umufatanyabikorwa wa Aquivirunga, ushinzwe kongera amazi muri Nyabihu, ubu rero natwe, yatwemereye kuzadukorera inyigu k’ubuntu, ndetse n’uko tugomba gufata amazi y’imvura agahurizwa hamwe, akagera ku baturage benshi”.

    Uyu mwiherero njyanama ikaba yarawuteganyije, ahanini igamije gusuzuma igihe imaze ikora, niba hari icyo yagejeje ku batarurage babagiriye icyizere bakabatora, ndetse bakanareba ibitaragezweho, kugirango bazabyereke abazabasimbura muri mandate itaha.

    Rusanganwa perezida wa Njyanama, ahamya ko muri uyu mwiherero basanze barageze ku bikorwa byinshi, ndetse ibyo batagezeho bakaba bagiye kubishyiramo imbaraga kugirango mandat yabo irangire babisoje.

    Uyu muyobozi, agasaba abaturage babagiriye icyizere, gukomeza kurangwa n’indangagaciro z’abanyarwanda, akabizeza ko icyizere babagiriye mu myaka itanu, kitazaba impfabusa.

     

    Related News
    Tweet

    Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts

    Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda

    Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda

    Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM

    Leave a comment

    Click here to cancel reply.

    XHTML: You can use these html tags: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <s> <strike> <strong>

    Join us in Facebook

    Popular Posts

    • Tribert Rujugiro: The Story of the Rwandan Billionaire
    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Why Ugandan President Museveni is Insulting Rwanda’s War Dead
    • Israel Joins Rwanda to Demand France Acts on Genocide Suspects
    • Unknown son of Gen Fred GISA Rwigema reappears after 24 years

    Recent News

    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda
    • Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda
    • Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM
    • How Rwandan Banks can Benefit from Latest Technologies
    • Rwanda: Food Delivery App Cuts Prices, Meal Arrival Time
    • Rwanda Starts Phasing Out Dangerous Refrigerators

    Subscribe via email

    Enter your email address:

    Tweet
    Rwanda News
      • Home
      • About us
      • Contact Us
      • Privacy Policy
      • Terms
      • RSS by category
      • Irembo
      • Abanyapolitiki
        • Ibibazo n’ibisubizo
        • Ibikorwa
        • Imitwe ya politiki
        • Rwanda Politics
        • Ubuvugizi
    All Rights Reserved | NewsOfRwanda.com
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED