Subscribe by rss
    Thursday 28 January, 2021
    Rwanda News
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED
    Published On: Wed, Sep 18th, 2013
    Block4--ibikorwa-National / Latestnews / National | By gahiji

    I NYAGATARE , AMATORA Y’ABADEPITE YARANGIYE MUMUTUZO

    NyagatareDist

    NYAGATARE- Mu karere ka Nyagatare amatora y’abagize inteko ishinga amategeko yitabiriwe hakiri kare ku buryo ahenshi wasangaga abakora ku byumba by’itora bategereje ko isaha ya saa cyenda igera barangize gutora nk’uko babyemererwa n’amategeko.

    Ubuyobozi bw’Akarere butangaza ko umutuzo wayaranze ukwiye kuba isomo ku mahanga.

    Kuri site yo kuri GS Nyagatare hari  byumba bitanu, bamwe mu bahatoreye bakaba bashimye uburyo aya matora yateguwe by’umwihariko ku buryo bwo kuyobora abatora, nkuko byatangajwe na Mazimpaka Eugene umwe mu bari kuri iyi site.

    “Igikorwa cy’amatora cyagenze neza muri rusange kuburyo imitegurire yayo yabera intangarugero amahanga. Twatoye neza kandi mumutuzo.”

    Kuyandi masite atandukanye yatoreweho muri Nyagatare, abageze mu za bukuru n’abanyantege nke, harimo n’abagore batwite bagiye bahabwa umwanya ntibajye ku murongo bagatora mbere bakitahira.

    Ibyo byakiriwe neza n’abakecuru n’abasaza bo m murenge wa Rwimiyaga, aho basanga uyu ari umuco mwiza wo kumenya abanyantege nkeya.

    Umukecuru w’imyaka 80 Daphoroza Nyinawumuntu na Mukamurigo Peteronira w’imyaka 98, bageze kuri site y’itora ya Bugaragara bakirwa neza, maze bishimira ko bahise batora badakoze umurongo bagahita bitahira.

    Amakuru atanganzwa na Kayiranga Frank ukuriye komisiyo y’igihugu y’amatora mu ntara y’uburasirazuba agaragaza ko igikorwa cy’uyu wa 16 Nzeri cyitabiriwe ku ma site 561 ari mu turere turindwi tugize iyi ntara, abaturage bagera kuri milioni imwe n’ibihumbi 393 na 560 ari nabo bari kuri liste y’itora.

    Related News
    Tweet

    Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts

    Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda

    Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda

    Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM

    Leave a comment

    Click here to cancel reply.

    XHTML: You can use these html tags: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <s> <strike> <strong>

    Join us in Facebook

    Popular Posts

    • Tribert Rujugiro: The Story of the Rwandan Billionaire
    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Israel Joins Rwanda to Demand France Acts on Genocide Suspects
    • Why Ugandan President Museveni is Insulting Rwanda’s War Dead
    • Unknown son of Gen Fred GISA Rwigema reappears after 24 years

    Recent News

    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda
    • Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda
    • Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM
    • How Rwandan Banks can Benefit from Latest Technologies
    • Rwanda: Food Delivery App Cuts Prices, Meal Arrival Time
    • Rwanda Starts Phasing Out Dangerous Refrigerators

    Subscribe via email

    Enter your email address:

    Tweet
    Rwanda News
      • Home
      • About us
      • Contact Us
      • Privacy Policy
      • Terms
      • RSS by category
      • Irembo
      • Abanyapolitiki
        • Ibibazo n’ibisubizo
        • Ibikorwa
        • Imitwe ya politiki
        • Rwanda Politics
        • Ubuvugizi
    All Rights Reserved | NewsOfRwanda.com
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED