Subscribe by rss
    Sunday 28 February, 2021
    Rwanda News
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED
    Published On: Wed, Jul 25th, 2012
    Forum / Latestnews | By gahiji

    Rwanda : 2012 izarangirana n’amasezerano yo gukoresha ifaranga rimwe muri EAC

    EAC-Logo

    Abayobozi ba EAC umuryango ugizwe n’ibihugu by’Afurika y’Iburasirazuba

    batanga icyizere ko amasezerano y’ikoreshwa ry’ifaranga rimwe muri uyu

    muryango ashobora gusinywa mumpera z’uyu mwaka kuko abayobozi b’uyu

    muryango bakora ibishoboka ngo gahunda zari ziteganyijwe zigerweho

    nkuko bitangazwa n’abari mu nama y’iminsi 5 iri kubera Arusha muri

    Tanzania.

     

    Dr. Enos Bukuku ushinzwe igenamigambi n’ibikorwaremezo  mu muryango wa

    EAC atangiza ibiganiro byo kwiga ikoreshwa ry’ifaranga rimwe mu

    muryango wa EAC yatangaje ko agiye gusaba inzego zibishinzwe

    kwihutisha umushinga wo kwiga ku ikoreshwa ry’ifaranga rimwe kugira

    ngo uyu mwaka amasezerano ashobore kuba yashyirwaho umukono, naho ushinzwe

    imishinga  Tharcisse Kadede avuga ko byari biteganyijwe ko

    gahunda y’ikoreshwa y’ifaranga rimwe muri EAC yari iteganyijwe

    gukoreshwa muri 2012 kandi ishobora kugerwaho kuko hari icyizere mu

    gushyira mubikorwa ibyari byasabwe.

     

    Ibi akaba abihera ko gahunda yo guhuza za gasutamo n’isoko byatangiye

    kandi bikagerwaho, bikanagira uruhare mu korohereza abakora

    ubucuruzi bwambuka ibihugu mu muryango kuburyo no gukoresha iri

    faranga bishobora kuzorohereza abakora ubucuruzi hagendewe ku

    mafaranga agendera mu ivunjisha.

     

    Inama iri kubera Arusha ikaba igamije kuganira kubyavuye mu nama

    yahuje abayobozi b’ibikuru n’izindi nzego kubirebana n’ikoreshwa

    ry’ifaranga rimwe mu muryango aho byagaragaje ko hari ibigomba

    kwigwaho kugira ngo birinde ingaruka zavaga mu ikoreshwa ryaryo.

     

    Abitabiriye inama barimo abakozi ba za minisitere z’imari, igenamigambi,

    minisitiri ushinzwe umuryango wa EAC, banki nkuru z’ibihugu, isoko

    ry’imari, ibigo bishinzwe ubwishingizi n’ibarurishamibare ibiganiro ku

    ikoreshwa ry’ifaranga bikaba byaratangiye 2011.

     

     

     

     

     

    Related News
    Tweet

    Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts

    Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda

    Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda

    Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM

    Leave a comment

    Click here to cancel reply.

    XHTML: You can use these html tags: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <s> <strike> <strong>

    Join us in Facebook

    Popular Posts

    • Unknown son of Gen Fred GISA Rwigema reappears after 24 years
    • Tribert Rujugiro: The Story of the Rwandan Billionaire
    • Israel Joins Rwanda to Demand France Acts on Genocide Suspects
    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Gen Joseph Nzabamwita Named New Intelligence Chief

    Recent News

    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda
    • Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda
    • Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM
    • How Rwandan Banks can Benefit from Latest Technologies
    • Rwanda: Food Delivery App Cuts Prices, Meal Arrival Time
    • Rwanda Starts Phasing Out Dangerous Refrigerators

    Subscribe via email

    Enter your email address:

    Tweet
    Rwanda News
      • Home
      • About us
      • Contact Us
      • Privacy Policy
      • Terms
      • RSS by category
      • Irembo
      • Abanyapolitiki
        • Ibibazo n’ibisubizo
        • Ibikorwa
        • Imitwe ya politiki
        • Rwanda Politics
        • Ubuvugizi
    All Rights Reserved | NewsOfRwanda.com
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED