Subscribe by rss
    Wednesday 03 March, 2021
    Rwanda News
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED
    Published On: Wed, Jul 4th, 2012
    Ibikorwa | By Andrew

    Gatsibo miliyali 10 niyo ngengo y’imari izakoreshwa muri 2012/2013

    Rwanda | Bamwe mubagize inama njyanama y’akarere ka Gatsibo

    Bamwe mubagize inama njyanama y’akarere ka Gatsibo

    Inama njyanama isanzwe y’akarere ka Gatsibo yemeje ko ingengo y’imari y’akarere  mu mwaka wa 2012-2013 ingana na 10,244,005,345 frw. Ikazakoreshwa mu bikorwa biteza imbere akarere birimo kongera ibikorwa remezo nk’imihanda kwegereza amazi abaturage hamwe hamwe no kubaka amasoko mu rwego rwo gufasha abaturage aho guhahira no kugurisha umusaruro wabo.

     

    Mu ngengo y’imari yatowe n’abagize njyanama kandi harimo amafaranga yo kwigisha abantu bakuru batazi gusoma no kwandika, cyane ko akarere ka Gatsibo bagifite umubare munini w’abantu batazi gusoma no kwandika bikaba bizatwara 2 755 565 frw.

     

    Nkuko bigaragara mu ngengo y’imari yemewe amafaranga arenga icya kabiri azakoreshwa mu bikorwa by’iterambere bikazafasha akarere kuva mu bwigunge hamwe no kwihuta mu iterambere nko gushyira amatara ku mihanda mu mijyi.

     

    Ikibazo cy’amazi cyari cyavuzwe mu mwaka wa 2011-2012 nacyo kiri mubizitabwaho aho cyagenewe amafaranga arenga miliyoni 85 azakoreshwa mu gusana amasoko y’amazi nka Nyakagezi-Nyarubuye hamwe Bureranyana-Gasange, aya masoko akazafasha abaturage kubona amazi aho ubuyobozi bw’akarere ka Gatsibo bwari bwavuze ko mu ngengo y’imari y’uyu mwaka watangiye hazitabwaho ikibazo cy’amazi meza nibura abaturage bazabona amazi meza bakarenga 65% kuko imibare ikigaragaza ko abashobora kubona amazi meza bakiri munsi ya 60% bitewe n’uko hari ikibazo cyo kubona amasoko meza.

     

    Ingengo y’imari y’akarere y’akarere ka Gatsibo yariyongereye ugereranyijwe niyari yakoreshejwe 2011-2012 yageraga kuri 8 606 984 849 frw.

     

    Mu bishya biri mungengo y’imari y’akarere ka Gatsibo hakaba harimo kubaka inzu izajya yakira abantu Kabarore Guest House kwiga kuyubaka no gukurikirana kuyubaka bikaba bizatwara amafaranga agera kuri miliyoni 64.

     

    Related News
    Tweet

    RDF hands over ‘New Model village’ to Vulnerable people

    More Rwandan Peacekeeping Troops Deployed in Central African Republic

    Kagame Campaigns Where ‘Genocide’ Was First Tested

    Rwandan Youth should be ready for ‘Countless’ Opportunities -Kagame

    Leave a comment

    Click here to cancel reply.

    XHTML: You can use these html tags: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <s> <strike> <strong>

    Join us in Facebook

    Popular Posts

    • Unknown son of Gen Fred GISA Rwigema reappears after 24 years
    • Tribert Rujugiro: The Story of the Rwandan Billionaire
    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Israel Joins Rwanda to Demand France Acts on Genocide Suspects
    • Gen Joseph Nzabamwita Named New Intelligence Chief

    Recent News

    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda
    • Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda
    • Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM
    • How Rwandan Banks can Benefit from Latest Technologies
    • Rwanda: Food Delivery App Cuts Prices, Meal Arrival Time
    • Rwanda Starts Phasing Out Dangerous Refrigerators

    Subscribe via email

    Enter your email address:

    Tweet
    Rwanda News
      • Home
      • About us
      • Contact Us
      • Privacy Policy
      • Terms
      • RSS by category
      • Irembo
      • Abanyapolitiki
        • Ibibazo n’ibisubizo
        • Ibikorwa
        • Imitwe ya politiki
        • Rwanda Politics
        • Ubuvugizi
    All Rights Reserved | NewsOfRwanda.com
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED