Rwanda | Huye: imirengeigerakuriitanuyarangijekubarura
Kuba hariimirengeigerakuriitanuyo mu Karere ka Huyeyamazekurangizakubarura, bigaragazwa na raporo y’ibarurayagejejwekumuyoboziw’igikorwacy’ibaruramu Ntara y’amajyepfoejokuwamberetarikiya 27 Kanama,2012.
Nk’ukouyumuyoboziw’igikorwacy’ibarura mu Ntara y’amajyepfo, Beaudouin Ruterana, yabisobanuyekuriuyuwa 28 Kanama,2012,imirengeyariyamazekurangizakubaruraejokuwa 27 Kanama ni Kigoma, Gishamvu, Mukura, Karama, na Rusatira.
N’ubwoarikongobavuga ko igikorwacy’ibaruracyarangiye, muri iyimirengehagiyehagaragaramoabantunk’umwe, babiricyangwa se batatubatarabarurwa. Ibi arikontibyabuzakuvuga ko igikorwacyarangiye, dore ko n’ababatarabarurwaariaboabakaranib’ibarurabagiyegushakainshuronyinshintibabashekubabona.
Ruteranaati « ntagushidikanya ko ababagiyebasigarabazababamazekubarurwakuitarikiya 30 Kanama, kukoubuturigufatanya n’inzegoz’ubuyobozibw’ibanze mu gushakaaba bantu. Na none kandi, abakaranibo mu Mirengeyarangijeububarigufashaabo mu mirengeirimoabaturagebenshi, kuburyoimirengeyoseizabayarangijekubarurakuitarikiyateganyijwe.»
Tugarutsekumbogamiziabakaranib’ibarurabagiyebahura na zo, iyagaragayecyane ni ukuburaababarurwa, haba mu mujyindetse no mu cyaro. Muri rusange, ababuze mu mijyi ni abajyakukazi mu gitondobakagarukanijoro, nahoabo mu cyaro ni abahinga mu bishanga.
Muri abangaba, aboabakaranib’ibarurabagiyebaburaburundu ni abobagiyebandikirababasabagahunda y’igihebazababonerabakabihorerantibabaheigisubizo. Hagiyehaboneka n’abatinyakwibaruzaarikonyumayogusobanurirwabakumva ko ntacyobitwayebakemerabakabarurwa.
Hari n’ababa mu madiniamwe n’amwenk’iry’abakusibagiyebangakwibaruzabavuga ko babaruwe mu ijuru. Abangaba, Ruteranayizeye ko babifatanyije n’ubuyobozi,bazageraahobakavakuizima. Rekadutegereze,aharikuitarikiya 30 Kanama, ababakusi n’abandibatekerezankabo, bazababavuyekuizima.