Subscribe by rss
    Monday 25 January, 2021
    Rwanda News
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED
    Published On: Sat, Sep 1st, 2012
    Ibikorwa | By gahiji

    Rwanda : Gusubira inyuma mu mihigo byarambabaje binamfata n’umwanya munini- Murayire

    KireheDistUmuyobozi w’akarere ka kirehe Murayire Protais aratangaza ko nubwo basubiye inyuma mu mwanya ibikorwa bitasubiye inyuma, avuga ko iyo uhiga uri kumwe n’abandi kandi buri wese akoresha inzira ye hari ukoresha inzira imworoheye hakaba hari n’ukorehsa inzira ikomeye ariko byose bagambiriye kugera ku ntego,”Kuba akarere ka Kirehe karasubiye inyuma mu mihigo ntabwo byashimishije akarere ka Kirehe nanjye ndi umwe mu bo byababaje kandi jye byamfashe n’umwanya munini” Murayire

    Umuyobozi w’akarere ka Kirehe avuga ko umwaka ushize wa 2011 akarere ka Kirehe kari kabaye aka gatanu ku rwego rw’igihugu gafite  amanota 84,9% ariko ko imihigo y’umwaka wa 2012 akarere ka Kirehe kaje ku mwanya wa 20 bafite amanota 87,2% bitewe n’uko bahize umuhigo w’ibitaro bifite agaciro ka miliyoni 500,ubwo  bahigaga bari basabye n’inkunga, mu gihe bamaze gutanga amasoko agiye kurangira babona inyandiko ya  minisiteri ibemerera ya nkunga bari baratse ya miliyari n’ibihumbi magana abiri  yari yarabemereye bituma basubira inyuma gutangaza isoko kuko ntibari gufata ba rwiyemezamirimo babiri bubaka ikintu kimwe, uyu muyobozi w’akarere akaba avuga ko ibi byatumye basubira inyuma kuko baje mu isuzuma basanga aribwo bagitangira fondation y’inyubako y’ibitaro bya Kirehe, kandi nta nubwo nabo bari kwanga inkunga ngo bubake ibitaro byaguye kuko byari bikenewe.

    Akomeza avuga ko bari bariyemeje n’umuhigo w’imbuto baza kubura imbuto kuko bari bazi bakazabivana hanze biza kurangira bikoreye ingemwe zabyo, aho na ba rwiyemezamirimo nabo batengushye aka karere ku myubakire ya gare hamwe no gutanga amazi mu murenge wa Mushikiri. umuyobozi w’akarere ka Kirehe akaba yizeza abaturage ba kirehe ko kuba barasubiye inyuma bitavuye ku bushake buke bw’imikorere byavuye ku mpamvu zitandukanye batari bateganije ubu akaba avuga ko afatanije n’abaturage bagiye gushaka umwanya wa mbere mu mihigo y’uyu mwaka.

     

    Related News
    Tweet

    RDF hands over ‘New Model village’ to Vulnerable people

    More Rwandan Peacekeeping Troops Deployed in Central African Republic

    Kagame Campaigns Where ‘Genocide’ Was First Tested

    Rwandan Youth should be ready for ‘Countless’ Opportunities -Kagame

    Leave a comment

    Click here to cancel reply.

    XHTML: You can use these html tags: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <s> <strike> <strong>

    Join us in Facebook

    Popular Posts

    • Tribert Rujugiro: The Story of the Rwandan Billionaire
    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Why Ugandan President Museveni is Insulting Rwanda’s War Dead
    • Israel Joins Rwanda to Demand France Acts on Genocide Suspects
    • Unknown son of Gen Fred GISA Rwigema reappears after 24 years

    Recent News

    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda
    • Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda
    • Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM
    • How Rwandan Banks can Benefit from Latest Technologies
    • Rwanda: Food Delivery App Cuts Prices, Meal Arrival Time
    • Rwanda Starts Phasing Out Dangerous Refrigerators

    Subscribe via email

    Enter your email address:

    Tweet
    Rwanda News
      • Home
      • About us
      • Contact Us
      • Privacy Policy
      • Terms
      • RSS by category
      • Irembo
      • Abanyapolitiki
        • Ibibazo n’ibisubizo
        • Ibikorwa
        • Imitwe ya politiki
        • Rwanda Politics
        • Ubuvugizi
    All Rights Reserved | NewsOfRwanda.com
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED