Subscribe by rss
    Wednesday 20 January, 2021
    Rwanda News
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED
    Published On: Sun, Oct 21st, 2012
    Ibikorwa | By Aninta

    RWANDA | RUSIZI: Abaturage b’umurenge wa Nyakarenzo batangije ikigega Agaciro development fund ku mugaragaro

    Abaturage b’umurenge wa Nyakarenzo batangije ikigega Agaciro development fund ku mugaragaro

    Amafaranga y’u Rwanda asaga miliyoni eshatu  ni  yo yakusanyijwe  n’abaturage b’umurenge wa Nyakarenzo mu karere ka Rusizi  muri gahunda yo gushyigikira Ikigega Agaciro Development Fund ubwo byatangizwaga ku mugaragaro kuwa18/10/2012 muri uwo murenge. mu butumwa bwahatangiwe  bibukijwe ko gushyigikira iki kigega ari ukwikorera

    Muri iki gikorwa cyo gukusanya inkunga yo gushyira mu kigega cy’agaciro development fund, nyuma y’ibiganiro bitandukanye abaturage b’umurenge wa Nyakarenzo bahawe umwanya, icyo bahurizagaho ni uko nta kiguzi cy’agaciro, bivuzeko umuntu ubwe ariwe ugomba kukihesha ikindi ni uko iki kigega kiziye igihe kuko buri wese wabonaga afite ubushake bwo gutanga inkunga ye uko yifite.

    Muri icyo gikorwa abana bagaragaje ubushake bwo kwiyubakira igihugu n’ubwo ari bato maze badutangariza uko bumva iki gikorwa ngo harageze ko twicara kuntebe twibajirije. abo ni Niyokunesha Israel na Niyonzima Pacifique batanze urukwavu buri wese.

    Abari bitabiriye iki gikorwa bashimiwe ubwitange n’umurava bakomeje kugaragaza bihesha agaciro doreko gutera inkunga iki kigega ari n’uburyo bwiza bwo kwishakamo ibisubizo kw’abanyarwanda  kandi ko amaboko igihugu gifite ari abana bacyo. Nduwayo viateur, umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Nyakarenzo yatangaje ko igikorwa nkiki ari ukwikorera kuko aya mafaranga azafasha mu bikorwa by’iterambere.

    Mu gusoza bibukijwe  ko ari gahunda igikomeza ku  muntu wese wiyumvamo gushyigikira Ikigega Agaciro Development Fund, kurushaho kwitabira umurimo no gukomeza kwiyubakira igihugu.

    , bakaba banasabwe kuba intumwa nziza bakomeza gusobanurira abandi ibyiza byo kwihesha agaciro .

      

     

     

    Related News
    Tweet

    RDF hands over ‘New Model village’ to Vulnerable people

    More Rwandan Peacekeeping Troops Deployed in Central African Republic

    Kagame Campaigns Where ‘Genocide’ Was First Tested

    Rwandan Youth should be ready for ‘Countless’ Opportunities -Kagame

    Leave a comment

    Click here to cancel reply.

    XHTML: You can use these html tags: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <s> <strike> <strong>

    Join us in Facebook

    Popular Posts

    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Tribert Rujugiro: The Story of the Rwandan Billionaire
    • Israel Joins Rwanda to Demand France Acts on Genocide Suspects
    • Rwanda Bypasses Uganda for its own Standard Gauge Railway Line
    • Unknown son of Gen Fred GISA Rwigema reappears after 24 years

    Recent News

    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda
    • Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda
    • Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM
    • How Rwandan Banks can Benefit from Latest Technologies
    • Rwanda: Food Delivery App Cuts Prices, Meal Arrival Time
    • Rwanda Starts Phasing Out Dangerous Refrigerators

    Subscribe via email

    Enter your email address:

    Tweet
    Rwanda News
      • Home
      • About us
      • Contact Us
      • Privacy Policy
      • Terms
      • RSS by category
      • Irembo
      • Abanyapolitiki
        • Ibibazo n’ibisubizo
        • Ibikorwa
        • Imitwe ya politiki
        • Rwanda Politics
        • Ubuvugizi
    All Rights Reserved | NewsOfRwanda.com
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED