Subscribe by rss
    Saturday 23 January, 2021
    Rwanda News
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED
    Published On: Thu, Nov 22nd, 2012
    English / Ibikorwa / Latestnews | By Aninta

    Rwanda : NCC ikomeje gushaka uburyo hakurwaho imbogamizi zigumisha abana mu bigo by’imfubyi

    NCC ikomeje gushaka uburyo hakurwaho imbogamizi

    Ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu na HHC mu kwiga ikibazo cy’abana baba mu kigo cya Nyundo

    Ubuyobozi bwa komisiyo y’igihugu ishinzwe abana (NCC) hamwe n’umuryango utegamiye kuri Leta Hope and Home for Children (HCC) bagaragaje ko abana baba mu bigo byimfubyi bafite ibibazo byinshi kurusha ababa mu miryango.

    Ikigo cy’imfubyi cya Nyundo nicyo kigo gifite abana benshi mu bigo 34 biri mu Rwanda. Umuyobozi w’umuryango wa HCC, Nyinawagaga Claudine, avuga ko gahunda yo gushakira abana imiryango bazashyirwamo igeze kure nubwo hari imbogamizi bahura nazo zirimo kuba hari abatumva neza iyo gahunda.

    Izindi mbogamizi zihari ni ukudatanga amakuru ahagije ku bana n’imiryango bavukamo bigatuma imiryango abana bagomba gushyirwamo ibura. Hari n’ikibazo cy’abana bashyirwa mu bigo habaye kubeshya ko abana badafite imiryango kandi ihari kuburyo kubabonera imiryango bizagorana.

    Abana bafite imiryango bagomba kuyisubizwamo kugira ngo bahabwe uburere bwiza kuruta ubwo bahererwa mu bigo; kuko hari uburere umwana ahabwa burimo urukundo n’imibanire birenze kwiga no kubona ibyo kurya nkuko bigenda mu bigo by’imfubyi.

    Ubuyobozi bwa NCC buvuga ko gahunda yo gusubiza abana mu miryango izakoranwa ubushishozi, mu karere ka Rubavu bigeze aho komisiyo ishinzwe abana iganira n’abayobozi b’inzego zibanze kugira ngo borohereze itangwa ry’amakuru no kuzakurikirana neza uko abana bazashyirwa mu miryango n’imibereho yabo.

    NCC ikomeje gushaka uburyo hakurwaho imbogamizi2

    Abayobozi b’inzego zibanze bahura n’ubuyobozi bwa NCC mu kureba uko gahunda yashyirwa mu bikorwa

     

    Related News
    Tweet

    Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts

    Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda

    Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda

    Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM

    Leave a comment

    Click here to cancel reply.

    XHTML: You can use these html tags: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <s> <strike> <strong>

    Join us in Facebook

    Popular Posts

    • Tribert Rujugiro: The Story of the Rwandan Billionaire
    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Why Ugandan President Museveni is Insulting Rwanda’s War Dead
    • Unknown son of Gen Fred GISA Rwigema reappears after 24 years
    • Israel Joins Rwanda to Demand France Acts on Genocide Suspects

    Recent News

    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda
    • Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda
    • Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM
    • How Rwandan Banks can Benefit from Latest Technologies
    • Rwanda: Food Delivery App Cuts Prices, Meal Arrival Time
    • Rwanda Starts Phasing Out Dangerous Refrigerators

    Subscribe via email

    Enter your email address:

    Tweet
    Rwanda News
      • Home
      • About us
      • Contact Us
      • Privacy Policy
      • Terms
      • RSS by category
      • Irembo
      • Abanyapolitiki
        • Ibibazo n’ibisubizo
        • Ibikorwa
        • Imitwe ya politiki
        • Rwanda Politics
        • Ubuvugizi
    All Rights Reserved | NewsOfRwanda.com
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED