Subscribe by rss
    Thursday 21 February, 2019
    Rwanda News
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED
    Published On: Wed, Nov 28th, 2012
    Ibikorwa | By gahiji

    GISAGARA: URUBYIRUKO RURASHISHIKARIZWA KUZITABIRA AMATORA YA 2013

    RWANDA | GISAGARA URUBYIRUKOUrubyiruko ruhagarariye urundi mu karere ka Gisagara rumaze guhugurwa kuri gahunda y’amatora y’amatora ateganyijwe muri nzeri 2013. Rurashishikarizwa kuzitabira aya matora ndetse rukayashishikariza n’urundi rubyiruko aho ruri hose cyane ko umubare munini w’abatuye aka karere uza ari urubyiruko. Rwibukijwe kandi ko arirwo bayobozi b’ejo hazaza bityo rukaba rugomba kuba urugero rwiza ku banyarwanda bose muri rusange.

    Igikenewe muri aya matora ngo ni uko buri munyarwanda wese ayaha agaciro, akayitabira uko bikwiye kandi mu bushishozi, bityo akazagenda neza uko byifuzwa. Ibi rero ngo ni nabyo bituma hatangwa amahugurwa ku bantu bo mu byiciro byose, kugirango buri wese abashe kubyumva, nk’uko abakozi muri gahunda zijyanye n’amatora babisobanura.

    Umuhuzabikorwa w’amatora mu Turere twa Gisagara na Huye Bwana KAGABO avuga ko impamvu bari guhugura urubyiruko ruserukira urundi ari ukugira ngo ruzahugure abo ruhagarariye bityo amatora ateganyijwe azagende neza.  Avuga kandi ko bizatuma abaturage bose basobanukirwa n’amategeko y’amatora, kandi  ibikorwa by’amatora bakabigira ibyabo.

    Yagize ati: “urubyiruko rugize umubare munini w’abanyarwanda, bivuze ko ari nabo benshi mu  bitabira amatora. Baracyari batoya, ni byiza ko basobanukirwa n’ibyiza by’amatora,  bityo bakazakurana umuco wa Demokarasi kuko nibo bayobozi b’ejo hazaza.”

    Muri rusange urubyiruko hari ibyo rusabwa mbere na nyuma y’amatora kugira ngo azagende neza, birimo kwibaruza ku rutonde rw’abazatora, kugira uruhare mu gutegura ahazatorerwa, kwemera ibivuye mu matora, gutora neza nta mpfabusa, kwirinda amarangamutima bagatora ingirakamaro, kugira inama abatowe no kwitabira gahunda za Leta.

     

    Related News
    Tweet

    RDF hands over ‘New Model village’ to Vulnerable people

    More Rwandan Peacekeeping Troops Deployed in Central African Republic

    Kagame Campaigns Where ‘Genocide’ Was First Tested

    Rwandan Youth should be ready for ‘Countless’ Opportunities -Kagame

    Leave a comment

    Click here to cancel reply.

    XHTML: You can use these html tags: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <s> <strike> <strong>

    Join us in Facebook

    Popular Posts

    • Why Ugandan President Museveni is Insulting Rwanda’s War Dead
    • Tribert Rujugiro: The Story of the Rwandan Billionaire
    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Israel Joins Rwanda to Demand France Acts on Genocide Suspects
    • Unknown son of Gen Fred GISA Rwigema reappears after 24 years

    Recent News

    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda
    • Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda
    • Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM
    • How Rwandan Banks can Benefit from Latest Technologies
    • Rwanda: Food Delivery App Cuts Prices, Meal Arrival Time
    • Rwanda Starts Phasing Out Dangerous Refrigerators

    Subscribe via email

    Enter your email address:

    Tweet
    Rwanda News
      • Home
      • About us
      • Contact Us
      • Privacy Policy
      • Terms
      • RSS by category
      • Irembo
      • Abanyapolitiki
        • Ibibazo n’ibisubizo
        • Ibikorwa
        • Imitwe ya politiki
        • Rwanda Politics
        • Ubuvugizi
    All Rights Reserved | NewsOfRwanda.com
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED