Subscribe by rss
    Thursday 21 January, 2021
    Rwanda News
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED
    Published On: Sat, Dec 1st, 2012
    Ibikorwa / Latestnews | By Andrew

    Rwanda | RUSIZI: bishimiye Ishyirwa mu bikorwa ry’imyanzuro y’inama y’ umushyikirano ya 9 mu Karere ka Rusizi

    map-of-rwanda1

    Gukomeza gushyiraho ingamba zafasha abatuye ikirwa cya Nkombo  guhahirana n’abandi  ni umwe mu mwanzuro wa 14 wafatiwe mu nama y’igihugu y’umushikirano ya 9 yabaye mu kwezi k’ukuboza i2011, uyu mwanzuro abatuye ikirwa cya nkombo bakaba bavuga ko washyizwe mu bikorwa kuko babonye ubwato bwabafashije kuva mu bwigunge. ariko bakaba bifuza ko bafashwa no kubona uburyo imodoka zajya zambuka zikagera muri uyu murenge wa Nkombo.

    Tariki 15 na 16 ukuboza umwaka wa 2011 niho haheruka kuba inama y’igihugu y’umushyikirano akaba ari imwe mu nama ngaruka mwaka ihuza abayobozi bakuru b’igihugu kugeza kurwego rw’umudugudu, iyi nama kandi ikaba yaranakurikiranwe n’abanyarwanda beshi yaba abo mugihugu imbere ndetse n’abari hanze yacyo hifashishijwe ibitangazamakuru ,

    imwe mu myanzuro yavuye muri iyi nama ikaba yarashyizwe mu bikorwa, twavuga nk’umwanzuro wa 14 wasabaga ko hakorwa uburyo abaturage ba nkombo bazajya bahahirana n’abaturanyi babo bo muyindi mirenge no mutundi turere  tw’igihugu ibi bikaba byaragezweho nkuko abatuye muri icyo kirwa babitangaje kuko ubu ngo bafite ubwato bubafasha .

    Usibye kuba barabonye ubwato bubafasha mu ngendo ubu ikirwa cya Nkombo kiracanye kuko bafite umuriro w’amashanyarazi, kuri bo ibi babibona nk’iterambere ry’ibanze leta y’ubumwe yabagejejeho, bakaba basaba ko bafashwa mu buryo bazajya bageza imodoka kukirwa kuko ari umwe mu mirenge yo muri iki gihugu itaragerwamo n’imodoka nkuko Theophile yabidutangarije.

    Mu nama y’umushyikirano wa 9 iheruka, mumwanzuro wa 14 mu karere ka Rusizi hari hasabwe ko hatunganywa umuhanda wa Bugarama uyu nawo ukaba waramaze gutunganywa kandi  wabaye nyabagendwa, Twabatangariza ko iyi nama y’u mushyikirano ku shuro ya 10 iteganyijwe kuzaba ku matariki ya 13 na 14  ukuboza 2012

    Related News
    Tweet

    Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts

    Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda

    Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda

    Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM

    Leave a comment

    Click here to cancel reply.

    XHTML: You can use these html tags: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <s> <strike> <strong>

    Join us in Facebook

    Popular Posts

    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Tribert Rujugiro: The Story of the Rwandan Billionaire
    • Rwanda Bypasses Uganda for its own Standard Gauge Railway Line
    • Unknown son of Gen Fred GISA Rwigema reappears after 24 years
    • Israel Joins Rwanda to Demand France Acts on Genocide Suspects

    Recent News

    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda
    • Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda
    • Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM
    • How Rwandan Banks can Benefit from Latest Technologies
    • Rwanda: Food Delivery App Cuts Prices, Meal Arrival Time
    • Rwanda Starts Phasing Out Dangerous Refrigerators

    Subscribe via email

    Enter your email address:

    Tweet
    Rwanda News
      • Home
      • About us
      • Contact Us
      • Privacy Policy
      • Terms
      • RSS by category
      • Irembo
      • Abanyapolitiki
        • Ibibazo n’ibisubizo
        • Ibikorwa
        • Imitwe ya politiki
        • Rwanda Politics
        • Ubuvugizi
    All Rights Reserved | NewsOfRwanda.com
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED