Subscribe by rss
    Monday 25 January, 2021
    Rwanda News
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED
    Published On: Tue, Feb 14th, 2012
    featured1 / Ibikorwa | By gahiji

    Rwanda | Ngoma: Hari imbogamizi nke zikigaragara k’ubumwe n’ubwiyunge, Nzabamwita

    Komisiyo y’ ubumwe n’ubwiyunge mu karere ka Ngoma iratangaza ko mu bushakashatsi bakoze ku mbogamizi zigaragara zaba zikibangamiye ubumwe n’ubwiyunge mu karere ka Ngoma  basanze ari imibereho mibi  nko ku bacitse ku icumu ,abana bibana ndetse n’ ingengebitekerezo igaragara mu bantu bakuru.

    Ngoma Hari imbogamizi

    N’ubwo izi mbogamizi zashyizwe ahagaragara ariko iyi komisiyo ivuga ko ubu imibanire y’ abanyarwanga  barimo abo muri Ngoma , ihagaze neza kandi ko hari ikizere ko n’izo mbogamizi zihari zizarangira kuko bigenda bigabanuka ugereranije n’ imyaka ishize.

    Nzabamwita Philipe umuhuzabikorwa w’ ubumwe n’ ubwiyunge mu karere ka Ngoma avuga ko  mu gukemura iki kibazo  nyuma y’ubu bushakashatsi bagiye guhuzaibi byiciro byose bigaragaramo imbogamizi maze bakaicara buri wese akavuga uko abumva yisanzuye maze hagahuzwa ibyavugiwe muri ibyo biganiro  nyuma hagafatwa umwanzuro.

    Nzabamwita avuga ko icyagaragaye muri ubu bushakashatsi bakoze nuko kugeza ubu ntangengabitekerezo basanze iri murubyiruko.

    Yabisobanuye agira ati” Mu rubyiruko twasanze nta ngengabitekerezi ikirangwamo ndetse no mubakuru. Ingemgabitekerezo twasanze iri mu bantu bakuze bari hejuruy’ imyaka 70. Ikaba yiyongera mugihe cy’icynamo.”

    Umukozi wa Komisiyo y’ ubumwe n’ ubwiyunge ku rwego rw’igihugu ushinzwe amahugurwa  nawe wari witabiriye uyu muhango yatangaje ko ashima igikorwa iyi komesiyo y’ ubumwe n’ubwiyunge yakoze cyo kugenzura imbogamizi zikigaragara   mu bumwe n’ ubwiyunge mu karere ka Ngoma.

    Forum  ya komisiyo y’ ubutabera n’amahoro mu karere ka Ngoma igizwe n’abanyamuryango 82,barimo   abanyamadini, sosiyete civile n’abandi.


     

    Related News
    Tweet

    Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts

    Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda

    Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda

    Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM

    Leave a comment

    Click here to cancel reply.

    XHTML: You can use these html tags: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <s> <strike> <strong>

    Join us in Facebook

    Popular Posts

    • Tribert Rujugiro: The Story of the Rwandan Billionaire
    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Why Ugandan President Museveni is Insulting Rwanda’s War Dead
    • Israel Joins Rwanda to Demand France Acts on Genocide Suspects
    • Unknown son of Gen Fred GISA Rwigema reappears after 24 years

    Recent News

    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda
    • Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda
    • Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM
    • How Rwandan Banks can Benefit from Latest Technologies
    • Rwanda: Food Delivery App Cuts Prices, Meal Arrival Time
    • Rwanda Starts Phasing Out Dangerous Refrigerators

    Subscribe via email

    Enter your email address:

    Tweet
    Rwanda News
      • Home
      • About us
      • Contact Us
      • Privacy Policy
      • Terms
      • RSS by category
      • Irembo
      • Abanyapolitiki
        • Ibibazo n’ibisubizo
        • Ibikorwa
        • Imitwe ya politiki
        • Rwanda Politics
        • Ubuvugizi
    All Rights Reserved | NewsOfRwanda.com
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED