Subscribe by rss
    Sunday 28 February, 2021
    Rwanda News
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED
    Published On: Thu, Feb 16th, 2012
    featured1 / Ibikorwa | By gahiji

    Rwanda | Gisagara: Abayobozi b’inzego z’ibanze nibo bagomba gufasha guca ibiyobyabwenge

    Ntawundi uzafasha gukemura ikibazo cy’ibiyobyabwenge kirangwa mu karere ka Gisagara ku bw’umwihariko mu murenge wa Save atari abayobozi b’inzego z’ibanze.

    Gisagara Abayobozi

                   Abayobozi ba Save

    Aya ni amagambo yavuzwe na Nyakubahwa Depite Speciose ubwo uyu murenge wasurwaga mu rwego rwo gushaka uburyo watera imbere.

    Iki kibazo cy’ibiyobyabwenge rero bigizwe ahanini n’inzoga ya nyirantare bibarizwa mu murenge wa Save akarere ka Gisagara, siwo wonyine birimo ariko niho bimaze kugaragara cyane kuko nk’uko uhagariye Polisi muri Gisagara yabisobanuye kuva mu kwezi kwa mbere kw’uyu mwaka wa 2012 kugera uyu munsi hamaze kumenwa litiro 1800 kandi birashoboka ko izitarafashwe ari zo nyinshi.

    Ibi rero bikaba ari ikibazo gikomeye kuko izi nzoga zengerwa mu midugudu, no mu tugari ariko ababikora bagahishirwa, Nyakubahwa Depite Speciose wabaye n’umuyobozi muri aka gace kera hakiri muri komine shyanda yababwiye ko izi nzoga atari nshya ahubwo ko zahozeho kandi ko yazirwanyije akarinda agenda akibirimo byagakwiye kuba byarashize niba bikorwa uko bikwiye.

    Yavuze ko niba hasigaye hariho abayobozi kugera mu nzego zo hasi mu midugudu ariko aba bazenga bakaba batamenyekana bidasobanutse akaba ari nayo mpamvu asaba ubuyobozi bw’uyu murenge kwicara bugafata imyanzuro ihamye kuri iki kibazo kuko kitagomba guhoraho.

    Uhagarariye Polisi nawe yavuze ko aba bayobozi badakora uko bikwiye kuko ibintu bibera hafi yabo ariko ntibabashe kubishyikiriza inzego z’umutekano barangiza bakaza kuvuga ko bafite ibibazo by’umutekano muke uterwa n’ibiyobyabwenge.

    Yagize ati “Ikibazo si abenga izi nzoga ahubwo ikibazo ni abagomba kuzirwanya”.

     

    Related News
    Tweet

    Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts

    Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda

    Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda

    Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM

    Leave a comment

    Click here to cancel reply.

    XHTML: You can use these html tags: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <s> <strike> <strong>

    Join us in Facebook

    Popular Posts

    • Unknown son of Gen Fred GISA Rwigema reappears after 24 years
    • Tribert Rujugiro: The Story of the Rwandan Billionaire
    • Israel Joins Rwanda to Demand France Acts on Genocide Suspects
    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Gen Joseph Nzabamwita Named New Intelligence Chief

    Recent News

    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda
    • Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda
    • Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM
    • How Rwandan Banks can Benefit from Latest Technologies
    • Rwanda: Food Delivery App Cuts Prices, Meal Arrival Time
    • Rwanda Starts Phasing Out Dangerous Refrigerators

    Subscribe via email

    Enter your email address:

    Tweet
    Rwanda News
      • Home
      • About us
      • Contact Us
      • Privacy Policy
      • Terms
      • RSS by category
      • Irembo
      • Abanyapolitiki
        • Ibibazo n’ibisubizo
        • Ibikorwa
        • Imitwe ya politiki
        • Rwanda Politics
        • Ubuvugizi
    All Rights Reserved | NewsOfRwanda.com
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED