Subscribe by rss
    Tuesday 26 January, 2021
    Rwanda News
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED
    Published On: Mon, Feb 20th, 2012
    Ibikorwa | By Lisa

    Rwanda | Gisagara: Save y ubu ntikwiye gusa na Save ya kera

    Abayobozi b’akarere ka Gisagara baravuga ko umurenge wa Save uzwi nabi kuva kera byagakwiye guhinduka ntihore ari Save yak era.

    Gisagara Save y ubu

    Abayobozi batandukanye b’umurenge wa Save hamwe n’abanyamabanga

    nshingwabikorwa b’indi mirenge

    Ibi birava ku bibazo bikunze kugaragara muri uyu murenge birimo urugomo, ubujura no kwenga ibiyoga nka za nyirantare ziteza umutekano muke muri aka gace ndetse no kuba Save itagera ku iterambere rirambye kandi ifite byinshi byakayiteje imbere.

    Kuva kera Save ivugwa ukuntu kutari kwiza kuko n’ubu imvugo yo kuvuga ko umuntu wese wumva nabi ukora ibinyuranyije n’ibyo abwirwa bavuga ko yumva nka Save ntiravaho, ibyo byose rero bikaba byari bikwiye kuba byarashize Save yariyambuye izina ribi.

    Umukambwe Mazimpaka utuye muri uyu murenge anavuga ko mu gihe cya kera ubwo abazungu bageraga i Rwanda, Umwami yabohereje i Save kuko yari ahazi urugomo akibwira ko aba bera bazarambirwa n’uburyo bafashwe bakahava ariko ngo ibyo siko byagenze kuko nabo baje bafite amayeri menshi n’ibintu byo gushukisha abaturage.

    Uyu munsi rero umurenge wa Save urimo ibikorwa n’abantu benshi kurusha indi mirenge 12 igize akarere ka Gisagara kuko kuri ubu hariyo amashuri y’isumbuye agera kuri 5 na kaminuza gatorika. Hari kandi ibigo bitandukanye by’abihaye Imana ndetse mu mirenge 3 ifite umuriro w’amashanyarazi nayo ikaba irimo ikaba no mu mirenge 2 ifite amazi.

    Ibi byose rero birayemerera kuba yaza ku mwanya w’imbere mu bikorwa by’iterambere muri aka karere ariko siko bimeze kuko iri ku mwanya w’inyuma.

    Abayobozi b’inzego zo hasi baratangazako biterwa n’imyumvire ikiri hasi cyane, bityo bakaba basaba ubuyobozi bubari hejuru ko babafasha kongera ibiganiro, inama n’amahugurwa ku ngingo zitandukanye bigamije guteza imbere uyu murenge n’akarere muri Rusange.

     


    Related News
    Tweet

    RDF hands over ‘New Model village’ to Vulnerable people

    More Rwandan Peacekeeping Troops Deployed in Central African Republic

    Kagame Campaigns Where ‘Genocide’ Was First Tested

    Rwandan Youth should be ready for ‘Countless’ Opportunities -Kagame

    Leave a comment

    Click here to cancel reply.

    XHTML: You can use these html tags: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <s> <strike> <strong>

    Join us in Facebook

    Popular Posts

    • Tribert Rujugiro: The Story of the Rwandan Billionaire
    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Why Ugandan President Museveni is Insulting Rwanda’s War Dead
    • Israel Joins Rwanda to Demand France Acts on Genocide Suspects
    • Rwanda Bypasses Uganda for its own Standard Gauge Railway Line

    Recent News

    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda
    • Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda
    • Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM
    • How Rwandan Banks can Benefit from Latest Technologies
    • Rwanda: Food Delivery App Cuts Prices, Meal Arrival Time
    • Rwanda Starts Phasing Out Dangerous Refrigerators

    Subscribe via email

    Enter your email address:

    Tweet
    Rwanda News
      • Home
      • About us
      • Contact Us
      • Privacy Policy
      • Terms
      • RSS by category
      • Irembo
      • Abanyapolitiki
        • Ibibazo n’ibisubizo
        • Ibikorwa
        • Imitwe ya politiki
        • Rwanda Politics
        • Ubuvugizi
    All Rights Reserved | NewsOfRwanda.com
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED