Subscribe by rss
    Friday 26 February, 2021
    Rwanda News
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED
    Published On: Sat, Mar 3rd, 2012
    Ibikorwa / Latestnews | By Aninta

    Ngoma: Abayobozi barakangurirwa gutanga service nziza

    rwanda

    Umuyobozi w’akarere ka Ngoma wungirije ushinzwe ubukungu, Mupenzi George aratangaza ko kubahiriza ighe ari kimwe mu biranga service nziza.

    Ibi yabitangarije mu nama yagiranye n’abakozi bo mu mirenge igize akarere tariki 08 Gashyantare, yabasabye kujya bakurikiza igihe badakererwa mu kazi cyangwa ngo barangarane abaturage.

    Mupenzi ubwo yakomozaga kukintu cyo kutubahiriza igihe yatanze urugero rw’ aho aherutse gusura imirenge ayitunguye ngo arebe igihe bagerera  kukazi maze mu mirenge yasuye agasanga  bakererwa kugera ku kazi.

    Yagize ati” Saa moya zuzuye nari ndi mu muerenge umwe, nsanga ibiro bifunze. Narategereje kugeza saa moya na 45’ nta mukozi uraza kubiro by’ umurenge ndinda guhamagara umunyamabanga nshingwabikorwa waho. Ahandi naho nageze, nahageze saa mbili za mugitondo mpasanga abakozi babili bonyine bari bamaze kuhagera. Twubahirize igihe nicyo mbasaba.”

    Mugukebura aba bayobozi byagaragaye ko bakererwa akazi  uyu  muyobozi w’akarere ka Ngoma  wungirije yavuze ko bandikiwe amabaruwa abasaba ibisobanuro(lettre de demende d’ explication) kandi ko bikomeje bafatirwa ingamba.

    Uyu muyobozi yashimangiye ko kugirango iterambere ryihute mu karere ka Ngoma hagomba ubwitange no gukunda akazi hubahirizwa igihe.

    Kuruhande rw’abari  bitabiriye inama bavuze ko nabo icyo kintu cyo gukererwa kitagaragaza service  nziza bityo ko bagiye kwikubita agashyi bakubahiriza igihe kubatabikora.

    Gutanga service nziza ni kimwe mu bihora bikangurirwa inzego zose yaba iza leta ndetse n’abikorera kugiti cyabo mu rwego rwo kunoza imikorere no kwihuta mu iterambere.


    Related News
    Tweet

    Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts

    Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda

    Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda

    Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM

    Leave a comment

    Click here to cancel reply.

    XHTML: You can use these html tags: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <s> <strike> <strong>

    Join us in Facebook

    Popular Posts

    • Unknown son of Gen Fred GISA Rwigema reappears after 24 years
    • Tribert Rujugiro: The Story of the Rwandan Billionaire
    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Israel Joins Rwanda to Demand France Acts on Genocide Suspects
    • Gen Joseph Nzabamwita Named New Intelligence Chief

    Recent News

    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda
    • Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda
    • Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM
    • How Rwandan Banks can Benefit from Latest Technologies
    • Rwanda: Food Delivery App Cuts Prices, Meal Arrival Time
    • Rwanda Starts Phasing Out Dangerous Refrigerators

    Subscribe via email

    Enter your email address:

    Tweet
    Rwanda News
      • Home
      • About us
      • Contact Us
      • Privacy Policy
      • Terms
      • RSS by category
      • Irembo
      • Abanyapolitiki
        • Ibibazo n’ibisubizo
        • Ibikorwa
        • Imitwe ya politiki
        • Rwanda Politics
        • Ubuvugizi
    All Rights Reserved | NewsOfRwanda.com
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED