Subscribe by rss
    Friday 26 February, 2021
    Rwanda News
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED
    Published On: Thu, Mar 1st, 2012
    Ibikorwa | By gahiji

    Gisagara: kuba intwari ntibigomba igitsina runaka

    Umuyobozi w’akarere ka Gisagara aributsa urubyiruko ko kuba intwari bitagombera igitsina runaka ko umuntu wese ashobora kubikorera kandi akabigeraho.

    Rwanda : Umuyobozi w’akarere Leandre Karekezi n’abanyeshuri bo muri AERG/IJABO

    Umuyobozi w’akarere Leandre Karekezi n’abanyeshuri bo muri AERG/IJABO

    Abantu benshi bakunda kwibaza ko ibikorwa by’ubutwari hari abo bogenewe bashingiye ku bintu bitandukanye ariko cyane bagashingira ku gistina, aho bumva ko ubutwari buhariwe abantu b’igitsina gabo gusa.

    Ubwo umuyobozi w’akarere ka Gisagara Leandre Karekezi yitabiraga ibirori byo gufungura umuryango AERG/IJABO muri kaminuza gatorika y’u Rwanda, yabwiye urubyiruko ruhiga ko ibyo bitekerezo bo bagomba kubirenga cyane ko uyu munsi n’umugore ntaho ahejwe.

    Yababwiye ko kuba intwari bisaba imbaraga z’umutima n’iz’umubiri gusa kandi ibyo bikaba bigirwa na buri muntu, yabibukije kandi ko ubu ahantu hose abagabo n’abagore batumirwa ndetse no mu itorero ry’igihugu abana b’abakobwa badasubizwa inyuma kandi byagaragaye ko banabishoboye.

    Umuntu wese rero ashobora kuba intwari igihe akoranye umurava ibikorwa by’iterambere kandi adaharanira inyungu ze bwite gusa, kuba intwari kandi bisaba kuba inyangamugayo, kuba umunyakuri, kugira ubushishozi, ubupfura no gukunda igihugu.

    Ibi kandi bwana Leandre yabivuze ngo ashaka  kumvisha uru rubyiruko ko nta wundi ugomba kuva hanze ngo ashake umuti w’ibibazo by’igihugu birimo n’ ibishyirirwaho iyi miryango nk AERG n’ibindi byinshi bitandukanye bireba abaturarwanda muri rusange.

    Yasabye uru rubyiruko gushyirahamwe bagafashanya kuko nta wigira, kandi kuko muri ubwo bufatanye ariho bigira byinshi birimo gukora, ubupfura n’ubunyangamugayo aribyo kandi biganisha kuri bwa butwari uyu munsi buri mu nyarwanda wese ahamagarirwa.

    Kuba intwari rero bireba buri wese kandi umuntu ashobora no kuba intwari mu bintu byinshi bitandukanye bivuga ko rero ntawe ubuze uburyo bwo kuba intwari.

     

     

    Related News
    Tweet

    RDF hands over ‘New Model village’ to Vulnerable people

    More Rwandan Peacekeeping Troops Deployed in Central African Republic

    Kagame Campaigns Where ‘Genocide’ Was First Tested

    Rwandan Youth should be ready for ‘Countless’ Opportunities -Kagame

    Leave a comment

    Click here to cancel reply.

    XHTML: You can use these html tags: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <s> <strike> <strong>

    Join us in Facebook

    Popular Posts

    • Unknown son of Gen Fred GISA Rwigema reappears after 24 years
    • Tribert Rujugiro: The Story of the Rwandan Billionaire
    • Israel Joins Rwanda to Demand France Acts on Genocide Suspects
    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Gen Joseph Nzabamwita Named New Intelligence Chief

    Recent News

    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda
    • Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda
    • Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM
    • How Rwandan Banks can Benefit from Latest Technologies
    • Rwanda: Food Delivery App Cuts Prices, Meal Arrival Time
    • Rwanda Starts Phasing Out Dangerous Refrigerators

    Subscribe via email

    Enter your email address:

    Tweet
    Rwanda News
      • Home
      • About us
      • Contact Us
      • Privacy Policy
      • Terms
      • RSS by category
      • Irembo
      • Abanyapolitiki
        • Ibibazo n’ibisubizo
        • Ibikorwa
        • Imitwe ya politiki
        • Rwanda Politics
        • Ubuvugizi
    All Rights Reserved | NewsOfRwanda.com
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED