Subscribe by rss
    Thursday 25 February, 2021
    Rwanda News
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED
    Published On: Thu, Mar 8th, 2012
    breaking / Ibikorwa | By gahiji

    Kagame | Minisiteri zahize imihigo imbere ya Perezida

    Paul Kagame : Minisiteri zahize imihigo

     

    Mbere yo gusoza umwiherero wa 9 w’abayobozi bakuru b’igihugu bari bateraniye mu karere ka Bugesera i Gako, abaminisitiri n’abahagarariye u Rwanda mu mahanga basinye imihigo y’ibyo biyemeje kugeraho muri uyu mwaka.

     

    Imwe mu mihigo yasinywe irimo guteza imbere gahunda ya hanga umurimo izafasha Abanyarwanda benshi kubona akazi ndetse no kubaka ibigega bya peterero bigomba kuzifashishwa kubika peterori yakoreshwa igihe yazamutse cyangwa yabuze.

     

    Indi mihigo ni uguteza imbere ibikorwa by’inganda, kongera ingufu zikomoka ku mashanyarazi hubakwa ingomero nto n’inini zirimo Rukarara, Nyamasheke hamwe na Nyabarongo.

     

    Asoza umwiherero, Perezida Kagame yasabye abayobozi kwihutisha serivise cyane kuko muri uyu mwiherero basanze ibipimo by’itangwa rya serivise mu Rwanda biri hasi bikadindiza ibindi bikorwa.

     

    Perezida Kagame kandi yongeye gusaba inzego zose kunoza inshingano zifite anasaba abayobozi kwegera abo bayobora bakabafasha gushyira mubikorwa ibyo bashinzwe.

    Yasabye by’umwihariko inzego zibishinzwe kugeza amashanyarazi aho akenewe kugira ngo ishoramari ryihute ndetse n’abashinzwe kuvugurura ubuhinzi bakabikora vuba kugira ngo umusaruro ugere ku masoko kandi umuhinzi agatera imbere.

     

     

    Abasinye imihigo bashinze itorero bahaye izina ry’impezamihigo bivuze ko bagomba kwesa ibyo bahize. Gusinya imihigo imbere ya Perezida ni bimwe mu byifujwe mu mwiherero uheruka.

     

    Umwiherero y’uyu mwaka watangiye tariki 04/03/2012 usozwa tariki 06/03/2012. Wibanze ku bikorwa byo kwihutisha serivise zinoze, intego z’icyerekezo 2020, kongera ishoramari, kuvuguraura ubuhinzi no guhanga umurimo.

     

     

     

     

     

     

     

    Related News
    Tweet

    RDF hands over ‘New Model village’ to Vulnerable people

    More Rwandan Peacekeeping Troops Deployed in Central African Republic

    Rwanda unveils Another Enormous Construction ‘Bugesera International Airport’

    Belgian Senior Diplomat Says Rwandan Governance, Democracy ‘Exceptional’

    Leave a comment

    Click here to cancel reply.

    XHTML: You can use these html tags: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <s> <strike> <strong>

    Join us in Facebook

    Popular Posts

    • Unknown son of Gen Fred GISA Rwigema reappears after 24 years
    • Tribert Rujugiro: The Story of the Rwandan Billionaire
    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Israel Joins Rwanda to Demand France Acts on Genocide Suspects
    • Gen Joseph Nzabamwita Named New Intelligence Chief

    Recent News

    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda
    • Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda
    • Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM
    • How Rwandan Banks can Benefit from Latest Technologies
    • Rwanda: Food Delivery App Cuts Prices, Meal Arrival Time
    • Rwanda Starts Phasing Out Dangerous Refrigerators

    Subscribe via email

    Enter your email address:

    Tweet
    Rwanda News
      • Home
      • About us
      • Contact Us
      • Privacy Policy
      • Terms
      • RSS by category
      • Irembo
      • Abanyapolitiki
        • Ibibazo n’ibisubizo
        • Ibikorwa
        • Imitwe ya politiki
        • Rwanda Politics
        • Ubuvugizi
    All Rights Reserved | NewsOfRwanda.com
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED