Subscribe by rss
    Tuesday 19 January, 2021
    Rwanda News
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED
    Published On: Tue, Mar 27th, 2012
    Ibikorwa | By Aninta

    Gisagara: Inama ya societe civile ku bijyanye n’ubutaka


    Mu  gihe hirya no hino hakunze kugaragara amakimbirane ashingiye ku masambu, Plate  Forme ya societe civile  mu karere ka GISAGARA, yateguye  inama kuri uyu wa gatanu, tariki ya 23/3. Iyo nama  yahuje abashinzwe ubuhinzi hamwe n’ abandi bagira aho bahurira n’ imikoreshereze y’ ubutaka muri ako karere, hagamijwe kubasobanurira uko  itegeko ry’ ubutaka riteye.

    Rwanda Gisagara  Inama ya societe civile

    Iyi nama y’ umunsi umwe  yateguwe na plate forme ya  societe civile mu karere ka GISAGARA, yahuje  abashinzwe ubuhinzi mu mirenge yose y’ akarere ka Gisagara kugira ngo basobanukirwe amategeko agenga iby’ ubutaka, banayifashishe bacyemura amakimbirane abushingiyeho.

    Iyo nama nyungurana bitekerezo ikaba ibaye mu gihe mu karere ka GISAGARA kimwe no hirya no hino, hakunze kugaragara ibibazo bishingiye ku masambu, by’ umwihariko ariko muri ako karere, hakiyongeramo ikibazo cy’ abanyarwanda banafite amasano n’ abarundi, aho iyimuka ryabo baturage  ryateraga amakimbirane ashingiye ku masambu.

    Ndatimana Valens ashinzwe ubuhinzi mu murenge wa Mugombwa mu karere ka Gisagara,  yatangaje ko nubwo ikibazo  cyo gusaranganya amasambu gisa n’aho cyarangiye, ku kigereranyo cya 90% ngo muri uwo murenge haracyagaragara  ibibazo bituruka ku  bwumvikane bucye mu miryango aribyo bifata 10 %

    REMEZO Boniface uhagarariye Plate Forme ya societe civile mu karere ka Gisagara,  yatangaje ko nubwo isaranganywa ry’ amasambu mu karere ka Gisagara rigeze ku ijanisha rya 75%, ngo mu mezi 6 ibibazo byose bishingiye ku isaranganywa  ry’amasambu biraba byacyemutse.

    Uretse  gucyemura ibibazo bishingiye ku masambu, plate forme ya Societe civile, itanga ubufasha mu gucyemura ibibazo byose byaturuka mu ishyirwa mu bikorwa rya Politiki ya Leta,   nko muri gahunda y’ ubwisungane mu kwivuza, gahunda yo guhuza ubutaka, ndetse no mu miyoborere myiza.

     

    Related News
    Tweet

    RDF hands over ‘New Model village’ to Vulnerable people

    More Rwandan Peacekeeping Troops Deployed in Central African Republic

    Kagame Campaigns Where ‘Genocide’ Was First Tested

    Rwandan Youth should be ready for ‘Countless’ Opportunities -Kagame

    Leave a comment

    Click here to cancel reply.

    XHTML: You can use these html tags: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <s> <strike> <strong>

    Join us in Facebook

    Popular Posts

    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Tribert Rujugiro: The Story of the Rwandan Billionaire
    • Rwanda Bypasses Uganda for its own Standard Gauge Railway Line
    • Israel Joins Rwanda to Demand France Acts on Genocide Suspects
    • Unknown son of Gen Fred GISA Rwigema reappears after 24 years

    Recent News

    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda
    • Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda
    • Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM
    • How Rwandan Banks can Benefit from Latest Technologies
    • Rwanda: Food Delivery App Cuts Prices, Meal Arrival Time
    • Rwanda Starts Phasing Out Dangerous Refrigerators

    Subscribe via email

    Enter your email address:

    Tweet
    Rwanda News
      • Home
      • About us
      • Contact Us
      • Privacy Policy
      • Terms
      • RSS by category
      • Irembo
      • Abanyapolitiki
        • Ibibazo n’ibisubizo
        • Ibikorwa
        • Imitwe ya politiki
        • Rwanda Politics
        • Ubuvugizi
    All Rights Reserved | NewsOfRwanda.com
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED