Subscribe by rss
    Wednesday 20 January, 2021
    Rwanda News
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED
    Published On: Fri, Mar 30th, 2012
    Ibikorwa | By gahiji

    Intara y’Amajyepfo iri ku isonga mu gikorwa cy’ibarura ry’amasambu

    Rwanda Kwandikisha ubutaka bubihesha agaciro

    Kwandikisha ubutaka bubihesha agaciro

    Uhereye I Buryo ni Umuyobozi ushinzwe ikigo cy’igihugu gishinzwe iby’ubutaka, Sagashya Didier

    Uhereye I Buryo ni Umuyobozi ushinzwe ikigo cy’igihugu gishinzwe iby’ubutaka, Sagashya Didier

     

    Umuyobozi ushinzwe ikigo cy’igihugu gishinzwe iby’ubutaka Sagashya Didier aratangaza ko Intara y’Amajyepfo y’u Rwanda ariyo iri ku isonga mu kugira umubare w’abantu benshi bitabiriye kwandikisha ubutaka kurusha izi Ntara n’Umujyi wa Kigali.

     

    Ibyo yabitangaje tariki 29/03/2012 ubwo yatangaga ikiganiro ku miterere  y’ubutaka bwo mu Ntara y’amajyepfo n’imikoreshereze yabwo mu nama yari ihuje komite Nyobozi na Biro za Njyanama z’Uturere twose tugize Intara y’Amajyepfo yabereye mu Karere ka Nyanza.

    Bamwe mu bagize Nyobozi na Biro za Njyanama z’Uturere tw’Intara y’Amajyepfo bari mu nama

    Bamwe mu bagize Nyobozi na Biro za Njyanama z’Uturere tw’Intara y’Amajyepfo bari mu nama

     

    Yakomeje atangaza ko ikigereranyo cy’Intara y’Amajyepfo cyerekana ko ibarura ry’amasambu rigeze kuri 92%, kuko mu tugari 532 tugize iyi ntara, utugera kuri 490 twarangije gukorerwamo ibarura.

    Yagejeje kandi kubarimuri iyo nama igishushanyo mbonera cy’ubutaka cyafashwe n’indege cyerekana uko ubutaka bw’uRwandabuhagaze muri rusange.

     

    Sagashya avuga ko mu mpera z’umwaka  wa 2012 gutanga ibyangombwa bizaba byararangiye bityo akaba yifuza ko abafitiye ubutaka ibyangombwa babubyaza umusaruro bakarushaho kubuvanamo ibibatunga aho kubukoresha nabi bujyanwa n’isuri.

     

    Nyuma y’icyo kiganiro abagize komite Nyobozi na Biro za Njyanama z’Uturere twose tugize Intara y’Amajyepfo  bagitanzeho ibitekerezo harimo na guverineri w’Intara y’amajyepfo Munyentwari Alphonse.

     

     

     

     

     

    Related News
    Tweet

    RDF hands over ‘New Model village’ to Vulnerable people

    More Rwandan Peacekeeping Troops Deployed in Central African Republic

    Kagame Campaigns Where ‘Genocide’ Was First Tested

    Rwandan Youth should be ready for ‘Countless’ Opportunities -Kagame

    Leave a comment

    Click here to cancel reply.

    XHTML: You can use these html tags: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <s> <strike> <strong>

    Join us in Facebook

    Popular Posts

    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Tribert Rujugiro: The Story of the Rwandan Billionaire
    • Israel Joins Rwanda to Demand France Acts on Genocide Suspects
    • Rwanda Bypasses Uganda for its own Standard Gauge Railway Line
    • Unknown son of Gen Fred GISA Rwigema reappears after 24 years

    Recent News

    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda
    • Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda
    • Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM
    • How Rwandan Banks can Benefit from Latest Technologies
    • Rwanda: Food Delivery App Cuts Prices, Meal Arrival Time
    • Rwanda Starts Phasing Out Dangerous Refrigerators

    Subscribe via email

    Enter your email address:

    Tweet
    Rwanda News
      • Home
      • About us
      • Contact Us
      • Privacy Policy
      • Terms
      • RSS by category
      • Irembo
      • Abanyapolitiki
        • Ibibazo n’ibisubizo
        • Ibikorwa
        • Imitwe ya politiki
        • Rwanda Politics
        • Ubuvugizi
    All Rights Reserved | NewsOfRwanda.com
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED