Subscribe by rss
    Saturday 16 February, 2019
    Rwanda News
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED
    Published On: Sat, Apr 7th, 2012
    Ibikorwa | By gahiji

    Gisagara: Nta gihuru kigomba gusigara kidahinze

    Mu karere ka Gisagara hari ahakunze kugaragara ibihuru no kuba hadatuwe kubera ubutaka buhanamye cyangwa buri mu mibande, akarere rero kafashe umwanzuro ko nta nahamwe hagomba gusigara ari ibihuru ko hose hagomba guhingwa hakagira akamaro.

    Gisagara Nta gihuru kigomba

    Umuyobozi w’akarere ka Gisagara Leandre KAREKEZI aravuga ko iyi gahunda yo gukura ibihuru aho biri hose hagashyirwa ibihingwa biribwa ari nziza kuko idakuraho ibihuru gusa ahubwo ko hariho no kongerwa umusaruro w’ibyaheraga bikaba ari inyungu ku baturage b’aka karere.

    Mu bihingwa bagiye bahinga ahantu hari ibihuru harimo imyumbati abaturage bo mu murenge wa Kigembe bahinze ku butaka bungana na ha12 n’ahandi mu murenge wa Muganza hahinzwe kawa kuri ha 80, uyu munsi babona ko batakoze ubusa kuko imyumbati bateye ubu imaze gukura kawa nayo ikaba ri uko.

    Ibi byatumye abaturage b’aka karere babona ko ubutaka bafite uko bungana kose buhagije ko ahubwo bagira ikibazo cyo kutamenya kuba babbubyaza umusaruro.

    MURINDAHABI utuye mu murenge wa Kigembe aratangaza ko uyu munsi atangiye kubona aho ubukene mu cyaro buva, aragira ati “Ubukene bwacu hano mu cyaro nta handi buva mbere na mbere usibye ku ikoreshwa nabi ry’ubutaka, kutamenya kububyaza umusaruro nyawo”.

    Umuyobozi wungirije ushinzwe ubukungu muri aka karere bwana Hesron HATEGEKIMANA arabwira abaturage ko kugirango bazamuke atari atari inguzanyo za banki cyangwa inkunga bakeneye mbere na mbere, ko ahubwo icyo bakeneye ari ukumenya gukora bahereye kubyo bafite hafi, niba ari ubutaka bakamenya kubukoresha neza bakabuhinga neza maze bukazera imbuto nyinshi, umusaruro wabwo wagakwiye kuba ariwo ubaha n’ibindi bakeneye nk’inganda.

    Nawe arashima iki gikorwa cyo guhinga ahantu hose ntihagire ibihuru bisigara imusozi ndetse akanahamagarira abaturage kureba ko ntahasigara ibisambu bipfa ubusa kandi ibihingwa bifitiye akamaro abaturage bigihari byahahingwa.

     

    Related News
    Tweet

    RDF hands over ‘New Model village’ to Vulnerable people

    More Rwandan Peacekeeping Troops Deployed in Central African Republic

    Kagame Campaigns Where ‘Genocide’ Was First Tested

    Rwandan Youth should be ready for ‘Countless’ Opportunities -Kagame

    Leave a comment

    Click here to cancel reply.

    XHTML: You can use these html tags: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <s> <strike> <strong>

    Join us in Facebook

    Popular Posts

    • Why Ugandan President Museveni is Insulting Rwanda’s War Dead
    • Tribert Rujugiro: The Story of the Rwandan Billionaire
    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Israel Joins Rwanda to Demand France Acts on Genocide Suspects
    • Unknown son of Gen Fred GISA Rwigema reappears after 24 years

    Recent News

    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda
    • Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda
    • Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM
    • How Rwandan Banks can Benefit from Latest Technologies
    • Rwanda: Food Delivery App Cuts Prices, Meal Arrival Time
    • Rwanda Starts Phasing Out Dangerous Refrigerators

    Subscribe via email

    Enter your email address:

    Tweet
    Rwanda News
      • Home
      • About us
      • Contact Us
      • Privacy Policy
      • Terms
      • RSS by category
      • Irembo
      • Abanyapolitiki
        • Ibibazo n’ibisubizo
        • Ibikorwa
        • Imitwe ya politiki
        • Rwanda Politics
        • Ubuvugizi
    All Rights Reserved | NewsOfRwanda.com
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED