Subscribe by rss
    Friday 15 February, 2019
    Rwanda News
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED
    Published On: Fri, May 4th, 2012
    Ibikorwa | By gahiji

    Abayobozi b’utugari two mu burengerazuba barasbwa guharanira gusiga ibigwi

    Rwanda | Rwanda MapAbayobozi b’utugari two mu ntara y’iburengerazuba barasabwa guharanira gusiga ibigwi aho bayobora n’aho bazayobora kuko aribyo biranga umuyobozi nyawe.

    Ubwo hatangizwaga itorero ry’abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari two mu ntara y’iburengerazuba tariki ya 02/05/2012, i Nkumba mu karere ka Burera, Bakusi Alphonse waruhagarariye komisiyo y’ubumwe n’ubwiyunge yabwiye izo ntore ko zigomba gushyira umurava mu kazi kabo kugira ngo zizasige izina aho ziyobora n’aho zizayobora.

    Yakomeje azisaba gukurikirana neza amasomo bazahabwa muri iryo torero kuko azabafasha kwiyubaka ubwabo ndetse akanabafasha no mu mirimo bashinzwe yo kuyobora neza inzego z’ibanze kandi akaba nta rindi shuri bayigamo.

    Agira ati “(mu itorero) niho twese, mubyo twize binyuranye, mu byo twaciyemo binyuranye, duhurira tukongera tukagaruka kubo turibo bamwe nk’abanyarwanda, twumva neza aho tuvuye, twumva neza aho tugana, kurema neza uko tuhagana, kandi turi kumwe kandi vuba. Ibyo rero nta rindi shuri mubyigamo”.

    Bakusi yabwiye intore z’abayobozi b’utugari two mu ntara y’iburengerazuba ko ubumenyi bwose bwo mu ishuri ntacyo bwaba bumaze butujujwe n’uburere mboneragihu.

    Yagize ati “Ubumenyi bwose nyobokashuri iyo butujujwe n’uburere mbonera gihugu, niho abantu bajyaho ugasanga batandukanye cyane”. Yakomeje avuga ko itorero ariryo nzira izabafasha kwihutisha iterambere mu bo bayobora.

    Itorero ry’abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari bo mu ntara y’iburengerazuba niryo ryabimburiye ayandi y’abo mu zindi ntara zo mu Rwanda n’umujyi wa Kigali. Ryatangiye tariki ya 29/04/2012 rikazasozwa tariki ya 09/05/2012. Rikaba riteraniye mo abayobozi b’utugari bagera kuri 519 muri 538 bayobora utugari twose two mu ntara y’iburengerazuba.

    Itorero ry’abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari two mu Rwanda hose rizarangira tariki ya 28/06/2012.


     

    Related News
    Tweet

    RDF hands over ‘New Model village’ to Vulnerable people

    More Rwandan Peacekeeping Troops Deployed in Central African Republic

    Kagame Campaigns Where ‘Genocide’ Was First Tested

    Rwandan Youth should be ready for ‘Countless’ Opportunities -Kagame

    Leave a comment

    Click here to cancel reply.

    XHTML: You can use these html tags: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <s> <strike> <strong>

    Join us in Facebook

    Popular Posts

    • Why Ugandan President Museveni is Insulting Rwanda’s War Dead
    • Tribert Rujugiro: The Story of the Rwandan Billionaire
    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Israel Joins Rwanda to Demand France Acts on Genocide Suspects
    • Unknown son of Gen Fred GISA Rwigema reappears after 24 years

    Recent News

    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda
    • Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda
    • Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM
    • How Rwandan Banks can Benefit from Latest Technologies
    • Rwanda: Food Delivery App Cuts Prices, Meal Arrival Time
    • Rwanda Starts Phasing Out Dangerous Refrigerators

    Subscribe via email

    Enter your email address:

    Tweet
    Rwanda News
      • Home
      • About us
      • Contact Us
      • Privacy Policy
      • Terms
      • RSS by category
      • Irembo
      • Abanyapolitiki
        • Ibibazo n’ibisubizo
        • Ibikorwa
        • Imitwe ya politiki
        • Rwanda Politics
        • Ubuvugizi
    All Rights Reserved | NewsOfRwanda.com
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED