Subscribe by rss
    Thursday 19 April, 2018
    Rwanda News
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED
    Published On: Fri, Jun 8th, 2012
    Ibikorwa / Latestnews | By Aninta

    Rwanda : Perezida wa Sena yagiranye ibiganiro n’Abadepite bakomoka mu Gihugu cya Zambia bari mu Rugendo-shuri mu Rwanda.

    Share This
    • Add to Delicious
    • Share on FriendFeed
    • Digg
    • submit to reddit
    Tags
    AbanyarwandabadepitegutahaimpunzimurinbspPerezidaRwanda membersRwanda parliamentRwanda Rwandarwanda visitRwanda ZambiaSenaukoumutekano

    m_Perezida wa Sena yagiranye ibiganiro n’Abadepite bakomoka mu Gihugu cya Zambia bari mu Rugendo-shuri mu Rwanda

    Perezida wa Sena, Jean Damascene Ntawukuliryayo,  mu biganiro yagiranye n’itsinda ry’Abadepite baturutse muri Zambia, yashimye intambwe aba Badepite bagaragaje mu kuza kumenya ishusho nyayo y’umutekano w’u Rwanda itandukanye n’uko abakiri impunzibabivuga. Akaba kandi yababwiye ko u Rwanda ruzohereza Intumwa muri icyo Gihugu gushishikariza impunzi ziriyo gutaha.

     Uru rugendo ruzafasha gusobanurira Leta ya Zambia, abaturage, ariko cyane cyane impunzi z’abanyarwanda zihatuye ko nta mpungenge bakwiye kugira igihe baramuka bifuje gutaha, kuko mu Rwanda hari umutekano usesuye.

    Nk’uko Perezida wa Sena yakomeje abisobanura, muri izo mpunzi abazashima kuguma muri Zambia babishatse basaba ubwenegihugu bwaho, ariko kwitwa impunzi ku banyarwanda bigomba kurangira kuva ku itariki ya 3 Kamena 2013.

    Abo Badepite nabo bavuga ko basanze mu Rwanda hari umutekano kandi ibyo babonye bakazabigeza kuri Bagenzi babo maze hagafatwa ingamba zo gushishikariza izo mpunzi gutahuka.

    Twakwibutsa ko abo Badepite ba Zambia baje kwirebera uko umutekano mu Rwanda wifashe nyuma y’aho impunzi z’Abanyarwanda zibagaragarije ko zifite impungenge zo gutaha, zivuga ko mu Rwanda ntamutekano uhari.

    Muri icyo gihugu cya Zambia impunzi z’abanyarwanda ziriyo zibarirwa ku 6100.

     

    Related News
    Tweet

    How Rwandan Banks can Benefit from Latest Technologies

    Rwanda: Food Delivery App Cuts Prices, Meal Arrival Time

    Rwanda Starts Phasing Out Dangerous Refrigerators

    France Ignores 39 Arrest Warrants for Genocide Suspects

    Leave a comment

    Click here to cancel reply.

    XHTML: You can use these html tags: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <s> <strike> <strong>

    Join us in Facebook

    Popular Posts

    • Why Ugandan President Museveni is Insulting Rwanda’s War Dead
    • Rwanda Starts Phasing Out Dangerous Refrigerators
    • Tribert Rujugiro: The Story of the Rwandan Billionaire
    • Rwanda: Food Delivery App Cuts Prices, Meal Arrival Time
    • Israel Joins Rwanda to Demand France Acts on Genocide Suspects

    Recent News

    • How Rwandan Banks can Benefit from Latest Technologies
    • Rwanda: Food Delivery App Cuts Prices, Meal Arrival Time
    • Rwanda Starts Phasing Out Dangerous Refrigerators
    • France Ignores 39 Arrest Warrants for Genocide Suspects
    • Parents Petition Norwegian Government over Uganda Arrests
    • Why Ugandan President Museveni is Insulting Rwanda’s War Dead
    • Arinaitwe: Uganda Intelligence Source from Butabika Mental Facility

    Subscribe via email

    Enter your email address:

    Tweet
    Rwanda News
      • Home
      • About us
      • Contact Us
      • Privacy Policy
      • Terms
      • RSS by category
      • Irembo
      • Abanyapolitiki
        • Ibibazo n’ibisubizo
        • Ibikorwa
        • Imitwe ya politiki
        • Rwanda Politics
        • Ubuvugizi
    All Rights Reserved | NewsOfRwanda.com
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED