Subscribe by rss
    Monday 01 March, 2021
    Rwanda News
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED
    Published On: Tue, Jun 12th, 2012
    Ibikorwa | By Aninta

    Gatsibo: sosiyete sivile yahuguwe ku kamaro k’amatora

    Rwanda | Rwanda MapMu gihe abakorana na societe civil mu karere ka Gatsibo bavuga ko bari

    basanzwe bahangana na komisiyo y’amatora mu gihe cy’amatora, ubu ngo

    basobanukiwe n’uruhare rwabo mu migendekere myiza y’amatora.

     

    Mu mahugurwa y’umunsi umwe komisiyo y’igihugu ibahugura ku bijyanye

    n’imiyoborere myiza na democratie, abagize societe civil basanze hari

    ibyo batubahiriza kandi biri mu nshingano zabo. Umuhuzabikorwa wa

    komisiyo y’igihugu y’amatora mu ntara y’Iburasirazuba Kayiranga

    Rwigamba Frank akaba avuga ko hatabaye amatora meza akorewe muri

    Democratie,  imiyoborere myiza itagerwaho kandi kugirango igerweho

    hacyenewe uruhare rwa buri wese.

     

    Nubwo bimenyerewe ko abitabira amahugurwa bicara bagakurikirana ibyo

    bigishwa, komisiyo y’amatora ibakoresha n’ibiganiro aho abagize

    societe civil mu karere ka Gatsibo bahawe insanganyamatsiko ibabaza

    uruhare rwa societe civil yagira mu migendekere myiza y’amatora

    bagashobora kuyitangaho ibitekerezo no kumva uruhare rwabo mu

    migendekere myiza y’amatora.

    Kwigisha inzego nyinshi zitandukanye akamaro k’amatora n’uruhare

    rw’umuturage mu gushyiraho imiyoborere myiza bikaba imwe mumpamvu

    z’imiyoborere myiza kuko umuturage wishyiriyeho umuyobozi agira

    n’uruhare rwo kumufasha gushyira mu bikorwa ibyo amusaba gukora kandi

    umuyobozi nawe akisanga k’umuturage yumva ko agomba kumukorera kuko

    ariwe wamushyizeho.

    mu gihe mu Rwanda harimo hategurwa amatora y’intumwa za

    rubanda komisiyo y’amatura ikomeje kwongerera ubumenyi Inzego zitandukanye kugira girango batore abashobora kubakorera ibyo bifuza kandi bibageza ku miyoborere

    myiza n’iterambere.

    Amasomo atangwa na komisiyo y’amatora akaba azafasha societe civil,

    abavuga rikijyana, abayobozi b’imidugudu n’izindi nzego kugira uruhare

    mu matora y’abadepite ateganyijwe kandi bakimakaza umuco w’imiyoborere

    myiza mubo bayobora.


     

    Related News
    Tweet

    RDF hands over ‘New Model village’ to Vulnerable people

    More Rwandan Peacekeeping Troops Deployed in Central African Republic

    Kagame Campaigns Where ‘Genocide’ Was First Tested

    Rwandan Youth should be ready for ‘Countless’ Opportunities -Kagame

    Leave a comment

    Click here to cancel reply.

    XHTML: You can use these html tags: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <s> <strike> <strong>

    Join us in Facebook

    Popular Posts

    • Unknown son of Gen Fred GISA Rwigema reappears after 24 years
    • Tribert Rujugiro: The Story of the Rwandan Billionaire
    • Israel Joins Rwanda to Demand France Acts on Genocide Suspects
    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Gen Joseph Nzabamwita Named New Intelligence Chief

    Recent News

    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda
    • Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda
    • Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM
    • How Rwandan Banks can Benefit from Latest Technologies
    • Rwanda: Food Delivery App Cuts Prices, Meal Arrival Time
    • Rwanda Starts Phasing Out Dangerous Refrigerators

    Subscribe via email

    Enter your email address:

    Tweet
    Rwanda News
      • Home
      • About us
      • Contact Us
      • Privacy Policy
      • Terms
      • RSS by category
      • Irembo
      • Abanyapolitiki
        • Ibibazo n’ibisubizo
        • Ibikorwa
        • Imitwe ya politiki
        • Rwanda Politics
        • Ubuvugizi
    All Rights Reserved | NewsOfRwanda.com
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED