Subscribe by rss
    Sunday 24 January, 2021
    Rwanda News
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED
    Published On: Sat, Jun 16th, 2012
    Ibikorwa | By claudine

    Ruhango: abanyamadini barasaba komisiyo y’amatora kwegera abaturage

    Abanyamadini bo mukarere ka Ruhango, bavuga ko mu baturage hakiri imyumvire micye ku bijyanye na demokarasi n’imiyoborere myiza. Bakaba basanga komisiyo y’amatora idakwiye kwita ku bantu bari mu nzego zo hejuru gusa, ahubwo ngo ikwiye kumanuka ikagera no ku baturage.

    Rwanda :    Abanyamadini bari mu mahugurwa ya komisiyo y’amatora

    Abanyamadini bari mu mahugurwa ya komisiyo y’amatora

     

    Ibi abanyamadini mu mahugurwa y’umunsi uwme yabaye tariki ya 14/06/2012, yateguwe na komisyo y’igihugu y’amatora agamije kugaragariza uruhare rw’abanyamadini mu kwimakaza demokarasi n’imiyoborere myiza binyuze mu matora.

    Umwe mu b’abanyamadini witabiriye aya mahugurwa yagize ati “murabona mu gihe cy’amatora, hari igihe abaturage baba bafite guhuzagurika cyane kubera ko aba atazi ibyo arimo, kandi hari bantu benshi baba bari aho b’indorerezi cyane cyane nk’abanyamahanga, iyo bamubonye bahita baboneraho icyuho cyo kugera kubyo baba bifuza, kuko turabizi ntabwa baba bashimishwa n’ibyagenda neza mu matora”.

    Aba banyamadini bakavuga komisiyo y’amatora ariyo ifite uruhare runini mu kuba yakwegera abaturage ikabasabonurira kubijyanye n’amatora ndetse no kwimakaza amahame ya demokarasi.

    Komisyiyo y’igihugu y’amatora yo ivuga ko ishimishijwe cyane n’icyi gitekerezo cyivuye mu b’aanyamadini, kuko ngo bigaragaza ko bamaze gusobanukirwa n’inyigisho bahabwa.

    Rutayisire Tarcisse, ahagarariye komisiyo y’igihugu y’amatora mu murenge wa Ruhango akarere ka Ruhango, avuga ko kuba abanyamadini bagaragaza ibyifuzo nk’ibi, biba bigaragaza ko baba banyuzwe n’ibiganiro bagejejweho.

    Rutayisire avuga ko icyi kifuzo cy’abanyamadini cyizashyirwa mu bikorwa, kuko ngo biroroshye kugerwaho. Mu kubigeraho hazifashiswa abakorera bushake ba komisiyo y’amatora bahereye ku rwego rw’imidugudu.


    Related News
    Tweet

    RDF hands over ‘New Model village’ to Vulnerable people

    More Rwandan Peacekeeping Troops Deployed in Central African Republic

    Kagame Campaigns Where ‘Genocide’ Was First Tested

    Rwandan Youth should be ready for ‘Countless’ Opportunities -Kagame

    Leave a comment

    Click here to cancel reply.

    XHTML: You can use these html tags: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <s> <strike> <strong>

    Join us in Facebook

    Popular Posts

    • Tribert Rujugiro: The Story of the Rwandan Billionaire
    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Why Ugandan President Museveni is Insulting Rwanda’s War Dead
    • Israel Joins Rwanda to Demand France Acts on Genocide Suspects
    • Unknown son of Gen Fred GISA Rwigema reappears after 24 years

    Recent News

    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda
    • Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda
    • Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM
    • How Rwandan Banks can Benefit from Latest Technologies
    • Rwanda: Food Delivery App Cuts Prices, Meal Arrival Time
    • Rwanda Starts Phasing Out Dangerous Refrigerators

    Subscribe via email

    Enter your email address:

    Tweet
    Rwanda News
      • Home
      • About us
      • Contact Us
      • Privacy Policy
      • Terms
      • RSS by category
      • Irembo
      • Abanyapolitiki
        • Ibibazo n’ibisubizo
        • Ibikorwa
        • Imitwe ya politiki
        • Rwanda Politics
        • Ubuvugizi
    All Rights Reserved | NewsOfRwanda.com
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED