Subscribe by rss
    Monday 25 January, 2021
    Rwanda News
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED
    Published On: Fri, Feb 7th, 2014
    National | By gahiji

    Rusizi : Barasabwa kwitwararika mu kwakira urumuri rutazima

    Barasabwa kwitwararika mu kwakira urumuri rutazima

    Mu gihe mu karere ka Rusizi hitegurwa kwakira urumuri rutazima kuwa  07/02/2014, SHEMA Lambert umuyobozi w’umuco na Siporo mu karere ka Rusizi yavuze ko imyiteguro igeze kure mubikorwa byose Aho yatangaje ko  gutegura abana bazaririmba indirimbo y’urumuri  n’izindi service nko kubaka akazu kazabikwamo urumuri  ngo bigeze kure.

    Shema yasabye abayobozi bafite mu nshingano gukurikirana iki gikorwa kugirango hatazagira igihungabanya uyu muhango bikaba sakirirego mu karere , abashinzwe gukurikirana iki gikorwa  bunguranye ibitekerezo aho basabwe kugishyiramo imbaraga kuko kidasanzwe mu turere.

    Umuyobozi ushinzwe umuco na Siporo kandi Yerekanye ko nta mpungenge zihari mu imyiteguro y’iki gikorwa aho avuga ko  inzego zose zakoze ibyo zashinzwe haba kuruhare rwaba Exectif b ‘imirenge ko bateguye neza abaturage inzego, inzego z’umutekano ,iz’ubuvuzi ,iz’urubyiruko n’izindi.

    Michel  umukozi ushinzwe Cenerge mu turere twa Rusizi na Nyamasheke yasabye abayobozi gushishikariza abazatanga ubuhamya baba abarokotse Jenoside ndetse n’abatarahigwaga kuzatanga ubuhamya nyabwo bugaragaza aho abanyarwanda bavuye naho bageze kuko hari abagera imbere y’abantu bagatinya kuvuga ukuri kw’ibyo babonye bari bahagaze imbere bagatangira kuvuga ibindi.

    Rwema Simon ushinzwe gukurikirana iki gikorwa hirya no hino kurwego rw’igihugu yasabye ko badakwiye kuzabuza abaturage ibikorwa byabo ko ababishaka kubushake bwabo  aribo bazaza kwakira urumuri mu rwego rwo kugirango abantu bumveko ari igikorwa umuntu adahatirwa kuko ngo ngo umuco wo kwinginga abantu kugikorwa nkiki buri wese agomba kumva ko ari icye atabihatiwe akacyitabira

    Rwema Simon  yanasabye abashinzwe iki gikorwa kuzitwararika mu gutwara uru rumuri rutazima kuko ngo nubwo rwitwa ko rutazima bishoboka ko  rwazima kuko ngo hari aho byabaye  aha akaba yavuze ko hakwiye gutegurwa bigengesera neza ukuzatwarwa k’urumuri kugirango rutazabazimana kandi rudakwiye kizima akaba ari muri urwo rwego yabasabye kuzarucunga neza.

    Gusa urubyiruko rurasabwa kuzitabira iki gikorwa kuko arirwo nzira ikomeye yo gukomeza kubaka igihugu cyabo mubihe biri imbere.

    Related News
    Tweet

    Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts

    Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda

    Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda

    Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM

    Leave a comment

    Click here to cancel reply.

    XHTML: You can use these html tags: <a href="" title=""> <abbr title=""> <acronym title=""> <b> <blockquote cite=""> <cite> <code> <del datetime=""> <em> <i> <q cite=""> <s> <strike> <strong>

    Join us in Facebook

    Popular Posts

    • Tribert Rujugiro: The Story of the Rwandan Billionaire
    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Why Ugandan President Museveni is Insulting Rwanda’s War Dead
    • Israel Joins Rwanda to Demand France Acts on Genocide Suspects
    • Rwanda Bypasses Uganda for its own Standard Gauge Railway Line

    Recent News

    • Rwanda Seeks Russian Help to Stop UN Freeing Key Genocide Convicts
    • Africa Innovation Summit Kicks Off in Rwanda
    • Disruptive Technology Takes Centre Stage at African Innovation Summit in Rwanda
    • Kagame in Belgium, Scheduled Talks with King and PM
    • How Rwandan Banks can Benefit from Latest Technologies
    • Rwanda: Food Delivery App Cuts Prices, Meal Arrival Time
    • Rwanda Starts Phasing Out Dangerous Refrigerators

    Subscribe via email

    Enter your email address:

    Tweet
    Rwanda News
      • Home
      • About us
      • Contact Us
      • Privacy Policy
      • Terms
      • RSS by category
      • Irembo
      • Abanyapolitiki
        • Ibibazo n’ibisubizo
        • Ibikorwa
        • Imitwe ya politiki
        • Rwanda Politics
        • Ubuvugizi
    All Rights Reserved | NewsOfRwanda.com
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED