
Rwanda | Ngororero: Akarere kerekanye uko kesheje imihigo mu mwaka ushize wa 2011-2012
Kuva ku itariki ya 9 Nyakanga 2012, intumwa zaturutse muri za minisiteri n’ibigo bitandukanye ziyobowe na bwana Gatera Jean d’Amour, umukozi muri Primature zatangiye igikorwa cyo kugenzura ishyirwa More...

Gatsibo batangiye kumurika imihigo ya 2011-2012
Zimwe mu ntumwa za Minisiteri zisuzuma imihigo Ubuyobozi bw’akarere ka Gatsibo bwatangiye kumurika imihigo ya 2011-2012 bwasinyanye na perezida wa repubulika More...

Umukozi agomba gushyirwa mu mwanya yatsindiye nyuma yo gusuzuma imyitwarire ye
Umunyamabanga nshingwabikorwa wa komisiyo ishinzwe abakozi ba leta aratangaza ko hagomba kubanza gusuzumwa imyitwarire y’umukozi mbere y’uko ashyirwa mu kazi mu rwego rwo guca amaranga mutima. Tariki More...

Abayobozi mu ntara y’amajyaruguru bagiye guhabwa amahugurwa ku micungire y’abakozi
Guverineri w’intara y’amajyaruguru aratangaza ko mu minsi ya vuba hagiye kuba amahugurwa y’abayobozi batandukanye bo muri iyo ntara mu rwego rwo guteza imbere imicungire y’abakozi mu More...

Utanyuzwe n’itangwa ry’akazi agomba kubimenyesha Komisiyo ishinzwe abakozi ba leta
Umunyamabanga nshingwabikorwa wa komisiyo ishinzwe abakozi ba leta arashishikariza abantu batandukanye kujya bageza kuri iyo komisiyo ibibazo bahuye nabyo mu itangwa ry’akazi kugira ngo bisuzumwe neza. Angelina More...

Inzego z’ibanze zirasabwa kubaka ubuyobozi butuma haba umwuka mwiza mu bakozi
Guverineri w’intara y’amajyaruguru arasaba abayobozi mu nzego z’ibanze, mu ntara y’amajyaruguru gukora kuburyo haba umwuka mwiza mu bakozi bahwitura hakiri kare umukozi ugiye kugwa mu More...

Nyamagabe: Akarere karibuka abakozi ba leta bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
 Ku nshuro ya kabiri akarere ka Nyamagabe kagiye kongera kwibuka abahoze ari abakozi ba leta mu cyahoze ari Perefegitura ya Gikongoro bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyo kwibuka More...

Ruhango: gutanga serivise nziza biracyari inyuma mu nzego z’ibanze
Ikigo cy’igihugu gishinzwe imiyoborere kiratunga agatoki inzego z’ibanze kuba zikiri inyuma mu gutanga serivisi nziza basabwa guha abaturage babagana. Abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge More...

N’abikorera bajye bibuka, banafashe abarokotse jenoside
Uwasabye abikorera kuzajya bibuka bakanafasha abarokotse jenoside batishoboye ni umuyobozi wa Ibuka ku rwego rw’igihugu, Dr. Dusingizemungu Jean Pierre. Hari mu gikorwa cyo gushyingura no kwibuka jenoside More...

Nyagatare: Intumwa z’Intara ziri mu isuzuma ry’imihigo ritegura isuzuma ryo ku rwego rw’igihugu
Kuri uyu wa mbere no ku wa kabiri tariki 21-22 Gicurasi 2012, intumwa z’Intara y’Uburasirazuba zigenzura aho uturere tugize iyi ntara tugeze mu kwesa imihigo twahize, ziri mu Karere ka Nyagatare More...