
GISAGARA : UBUDEHE BWABAGEJEJE KU MUNEZERO
Umusaruro w’ubuhinzi, ubworozi n’ubusabane ni byo abaturage bo mu mudugudu wa Nyarunazi, Akagari ka Sabusaro mu Murenge wa Kansi, Akarere ka Gisagara bishimira ko bagejejweho na gahunda y’ubudehe. Abaturage More...

Rwanda : Gatsibo:ubwo basozaga icyumweru cya Gacaca basanze hari abatarishyuye imitungo
Abaturage bo mu kagari ka Kabarore umurenge wa kabarore bashima uburyo gacaca yashoboye kubagarurira ubwiyunge no kubakuramo urwicyekwe kuko nyuma y’uko bamwe bangije imitungo yabandi bakayishyura mu gihe More...

Gahunda ya IDP yateje imbere abatuye mu Ntara y’amajyepfo
Abayobozi bafite aho bahuriye n’ubukungu mu turere tugize Intara y’Amajyepfo basanga Gahuda ya IDP( Integrated Development Programme) imaze guteza imbere ku buryo bufatika abatuye muri iyi ntara nk’uko More...

Kirehe- Abayobozi bagaragaje udushya kurusha abandi barahembwe
Ku wa 14/06/2012 abayobozi b’inzego z’ibanze mu karere ka Kirehe mu ntara y’iburasirazuba bakoze neza bahanga udushya mu buyobozi bwabo bahawe ibihembo. Aba abayobozi bahembwe bakab ari uko More...

Nyamasheke: Guverineri Kabahizi yasuye akarere ka Nyamasheke mu rwego rwo gutangiza icyumweru cyahariwe inkiko gacaca
Mu rwego rwo gutangiza icyumweru cyahariwe inkiko gacaca kibanziriza gusoza ku mugaragaro inkiko gacaca ku rwego rw’igihugu, umuyobozi w’intara y’iburengerazuba Kabahizi Celestin yasuye umurenge More...

GISAGARA: ABATURAGE BARASABWA KUREKA IMYUMVIRE ISHAJE
Abaturage b’akarere ka Gisagara barasabwa gukangukira gahunda z’iterambere bakareka guheranwa n’imyumvire ya kera yababwiraga ko umurimo w’abasokuruza gusa ariwo ugomba kubabeshaho, kandi More...

Nyamagabe: Abaturage barakangurirwa kugira uruhare mu bikorwa by’iterambere.
Abitabiriye inama bateze amatwi umuyobozi w’akarere ka Nyamagabe. Ihuriro ry’imiryango itari iya leta rikorera mu karere ka Nyamagabe rirakangurira abaturage bo muri aka karere kugira uruhare More...

Rutsiro: Abaturage bafite aho bahuriye n’umupaka wa Congo barasabwa gufasha ingabo mu kwicungira umutekano.
Buri muturage wese utuye cyangwa uturiye umupaka wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, arasabwa kuba ijisho rya mugenzi we ndetse akihutira gutanaga amakuru ku kintu cyose abona cyahungabanya umutekano. Uyu More...

Abayobozi b’utugari two mu ntara y’amajyaruguru n’umujyi wa Kigali barasabwa kwihesha agaciro
Guverineri w’intara y’amajyaruguru arasaba abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari two mu ntara y’amajyaruguru ndetse n’umujyi wa Kigali, bari mu itorero i Nkumba mu karere ka More...

Rwanda : RALGA igihe guhemba uturere 5 twahize utundi mudushya
Ishyirahamwe ry’uturere n’umujyi wa Kigali, RALGA rifatanyije n’abafatanyabikorwa baryo, taliki ya 8 Kamena, 2012 bazahemba uturere 5 twahize utundi mu gukora udushya mu guteza imbere kwihangira More...