
Rwanda | Ngororero:Abayobozi b’imirenge bagiye kunoza igenamigambi
Uyu ni umwe mu myanzuro yavuye mu nama yahuje umuyobozi w’akarere ka Ngororero Ruboneza Gedeon n’abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge ikagize kuwa 29/05/2012. Imirongo migari (outlines) More...

Rwanda | Kirehe hateraniye inama ya kabiri ya komisiyo y’ibarura rusange ku rwego rw’akarere
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda kuri uyu wa 29/05/2012 basobanuriye abayobozi batadukanye bo mu karere ka Kirehe aho igikorwa cy’ibarurarusange ry’abaturage n’imiturire More...

Rwanda | Abayobozi b’ibanze barasaba polisi kutabatererana mu kurwanya ibiyobyabwenge
guhashya ibiyobyabwenge birasabba ubufatanye bw’inzego zose Abayobozi mu nzego z’ibanze, cyane cyane abayobozi b’imidugudu baravuga ko batagishoboye guhangana n’abacuruza ibiyobyabwenge More...

Rulindo – Abaturage n’abayobozi bisibiye umukoki waciwe n’amazi
Abaturage b’umurenge wa Base mu karere ka Rulindo n’abayobozi, kuri uyu wa gatandatu tariki 19/05/2012 batangije uburyo bwo gutera ibiti by’imihati ku buryo bw’amaterasi mu mukoki waciwe More...

Abayobozi bo mu ntara y’amajyaruguru barasabwa gushyira mu mihigo yabo igihingwa cy’ imigano
Minisitiri w’umutungo kamere arasaba abayobozi bo mu ntara y’amajyaruguru gushyira imbaraga mu gihingwa cy’imigano kuko ari igihingwa cyiza, kinjiza amafaranga, kandi kibereye guhingwa muri More...

Abayobozi batarara mu duce bayobora bagiye guhagurukirwa
Umuyobozi wa polisi mu ntara y’Amajyaruguru aravuga ko agiye guhagurukira abayobozi batarara aho bashinzwe kuyobora, kuko bidashoboka ko umuyobozi ateza imbere ahantu nawe ubwe atifuza gutura. Ibi C/Supt. More...

Rwanda | Burera: Abayobozi barasabwa kongera imbaraga kugirango bakomeze bese imihigo
Minisitiri w’uburezi arasaba abayobozi b’akarere ka Burera kongera imbaraga mu byo bakora byose kugirango bakomeze bese imihigo. Dr.Vincent Biruta ubwo yasuraga akarere ka Burera tariki ya 11/05/2012 More...

Mu ntara y’Amajyepfo abayobozi b’utugali twose bagiye kujyanwa mu itorero
Abayobozi b’utugali two mu Ntara y’amajyepfo baraye ku ibaba bitegura kujyanwa mu ngando y’itorero  izabera mu kigo cy’ingando cya Nkumba mu gihe cy’ibyumweru bibiri uhereye More...

Abayobozi b’utugari two mu burengerazuba badafite “Laptop†bagiye kuzihabwa
Guverineri w’intara y’iburengerazuba aratangaza ko mu gihe cya vuba abayobozi b’utugari two muri iyo ntara badafite mudasobwa igendanwa (Laptop) bazazihabwa kugira ngo zibafashe mu kazi kabo. Ubwo More...

Ngoma: Abayobozi barasabwa kuba intangarugero mu gushyira mu bikorwa gahunda za leta ahobatuye
Umuyobozi wungirije w’akarere ka Ngoma ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Kirenga Providence arasaba abayobozi  kujya bafata iyambere mu gushyira mu bikorwa ibyo bakangurira abaturage More...