
Rwanda | GISAGARA: HATANGIJWE KU MUGARAGARO UKWIHESHA AGACIRO MU KIGEGA AGACIRO DEVELOPMENT FUND
Umuyobozi w’akarere asobanura ikigaga Agaciro Development Fund Kuri uyu wa gatanu tariki ya 31 kanama,2012 akarere ka Gisagara katangije ku mugaragaro ukwihesha agaciro mu kigega Agaciro Development Fund, More...

Rwanda : Intara y’uburengerazuba irishimira uburyo imisoro yinjiye umwaka ushize.
Umuyobozi w’intara y’uburengerazuba, Kabahizi Celestin, aratangaza ko bishimira uburyo binjije imisoro n’amahoro mu mwaka w’ingengo y’imari ushize kuko babashije kurenza ayo bari More...

Rwanda | Muhanga: abayobozi B’ imidugudu n’abacunga umutekano barasabwa gucunga umutekano w’abaturage kurusha gushaka nyungu
Mu gihe mu karere ka Muhanga hamaze havugwa guhungabana k’umutekano, bimaze kugaragazwa ko biterwa n’uko abayobozi b’imidugudu n’abagize koperative ishinzwe gucunga umutekano baharanira More...

Rwanda | Kayonza: Gushaka ibikoresho by’ikigo cy’urubyiruko bishobora kuzatuma gitinda gutangira imirimo ya cyo
Gutangiza serivisi zizatangirwa mu kigo cy’urubyiruko cya Kayonza bishobora kuzatinda kubera ko hagikenewe amafaranga menshi yo kugura ibikoresho bizakoreshwa muri icyo kigo. Ubuyobozi bw’akarere More...

Kamonyi: Uburezi n’ubuzima bizatwara 50% by’ingengo y’imari 2012/2013
Amafaranga yagenewe ibikorwa bijyanye n’uburezi ndetse n’ubuzima , mu ngengo y’imari y’akarere ka Kamonyi, muri uyu mwaka wa 2012/2013, ari hejuru ugereranyije n’agenewe ibindi More...

Amanama, amahugurwa n’amahoteli bigiye kugabanywa mu Rwanda hongerwe kubakira abakene
Ibiza byo mu mezi ashize byasize benshi hanze Ngo mu mwaka w’ingengo y’imari utaha wa 2012-2013 uzatangira tariki ya mbere Nyakanga uyu mwaka wa 2012 hazagabanywa cyane amafaranga yatangwaga ku manama, More...

Gisagara: Ibigo by’amashuri birasabwa kujya byishakishiriza amafaranga aho gutegereza inkunga za leta
Ibigo by’amashuri bikorera mu karere ka Gisagara birasabwa kugerageza gushaka icyajya kibyinjiriza amafaranga agomba kubifasha gukora ntibitegereze gusa inkunga ya Leta. Rimwe mu mashuri akorera mu karere More...

Gakenke : Abayobozi b’inganda bashyizeho igiciro cy’ikawa y’ibitumbwe
Nyuma yo kuzamura igiciro cy’ikawa y’ibitumbwe uko bishakiye, abayobozi b’inganda babifashijwemo n’abayobozi b’akarere bumvikanye kuri uyu wa gatatu tariki ya 25/04/2012 ku giciro More...

Abayobozi b’Utugari badakora neza bahombya Rwamagana
Inteko y’Akarere ka Rwamagana yateranye kuwa 6 Mata uyu mwaka yikomye Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Utugari ivuga ko badakora neza akazi bahawe, bikaba bitera abantu byibura 40 kudakora akazi kabo More...

Nyabihu: Abacitse ku icumu barimo guhabwa inkunga y’ingoboka muri iki gihe cyo kwibuka
Mu gihe mu Rwanda turi mu gihe cyo kwibuka ku nshuro ya 18 abazize Jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka w’1994, ni nako hirya no hino hagenda hakorwa ibikorwa binyuranye byo kubafata mu mugongo no kwifatanya More...