
Huye: Mu kwibuka jenoside, abasenateri bahaye inka abacitse ku icumu rya jenoside batishoboye b’i Simbi
Tariki ya 8 Kamena abasenateri bashyikirije inka abacitse ku icumu batishoboye bo mu Murenge wa Simbi. Hari mu rwego rwo kwibuka jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994. Senateri Gakuba Jeanne, Visi perezida More...

Bakoze umwiherero wo kwihwitura mu mikorere yabo
Abagize inama njyanama y’umurenge wa Kimironko mu karere ka Gasabo, umujyi wa Kigali bahuriye mu mwiherero w’umunsi umwe la Palise Gashora mu karere ka Bugesera, mu rwego rwo gusuzuma imitangirwe ya More...

Abayobozi batarara mu duce bayobora bagiye guhagurukirwa
Umuyobozi wa polisi mu ntara y’Amajyaruguru aravuga ko agiye guhagurukira abayobozi batarara aho bashinzwe kuyobora, kuko bidashoboka ko umuyobozi ateza imbere ahantu nawe ubwe atifuza gutura. Ibi C/Supt. More...

Huye: i Simbi na Maraba barasabwa kwerekana ahajugunywe abazize jenoside
Mu gikorwa cyo kwibuka jenoside ku nshuro ya 18, Imirenge ya Simbi na Maraba yahuriye ku rwibutso rwa jenoside rw’i Simbi, ahashyinguye abazize jenoside bo muri iyi mirenge yombi. Abafashe amagambo bose basabye More...

Burera: Abaturage barasabwa kubungabunga umutekano mu gihe cy’icyunamo
Umuyobozi w’akarere ka Burera Sembagare Samuel, arasaba abanyaburera bose gufata ingamba zikomeye zo kubungabunga umutekano mu cyumweru cy’icyunamo kugira ngo hatazagira uwuhungabanya. Sembagare Samuel More...

KARONGI: Ishavu ry’abanyarwanda ritubere umusingi wo kwiyubaka – Niyonsaba Cyriaque
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Bwishyura Niyonsaba Cyriaque wari wifatanyije n’abaturage b’imidugudu ya Nyarurembo na Karutete yagize ati: “Ishavu ry’abanyarwanda ritubere More...

Abapolisi 77 barangije amahugurwa ya Polisi
Itsinda ry’abapolisi 77 rigizwe n’ abapolisikazi 70 n’abapolisi 7 barangije amahugurwa ya polisi yari amaze amezi atatu yaberagamu ishuri rya Polisi ry’ i Gishari mu Karere ka Rwamagana. More...

Umudugudu ni wo shingiro ry iterambere
Aya magambo ngo “umudugudu ni wo shingiro ry’iterambere†yagarutsweho n’abari bateraniye mu gikorwa cyo kwishimira kuba umurenge wa Tumba warabaye uwa mbere mu kwesa imihigo ugereranyije More...

Huye: ikayi y imihigo y ingo yatangirijwe i Rusatira ku mugaragaro
Ikayi y’imihigo y’ingo yiswe « ikayi y’umuhuza mu iterambere », ni ikayi izajya iba irimo umwirondoro w’abari mu rugo, imihigo urugo runaka rwiyemeje kugeraho, uburyo n’igihe More...

Rwanda | Rusizi: Komisiyo y amatora irasaba abayobora amatora kureka amarangamutima
tariki ya 16 Gashyantare 2012, mu nama n’abayobora amatora mu turere twa Rusizi na Nyamasheke, Komisiyo y’amatora yasabye abo bantu kwirinda amarangamutima mu bikorwa by’amatora kuko bigira More...