
Rwanda | Muhanga: abana batowe guhagararira abandi biyemeje kurwanya ihohoterwa bakorewa
Mu karere ka Muhanga, abana batoye abana bagenzi babo bazabahagararira ku rwego rw’akarere kugirango bajye babafasha gukemura bimwe mu bibazo bahura nabyo. Mu byo abana batowe biyemeje birimo no kwita ku More...

Muhanga: Abikorera baritegura kwibuka bagenzi babo bazize Jenoside
Abikorere bo mu karere ka Muhanga mu ntara y’Amajyepfo baritegura kwibuka bagenzi babo bakoraga umwuga umwe bazize jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka w’1994. Aba bikorera bo mu mirenge yose yo mu More...

Nyamasheke: Abaturage basabwe kurwanya amakimbirane yo mu miryango.
Mu muganda udasanzwe wo kurwanya no guhangana n’ibiza wabaye kuri uyu wa16/5/2012, umuyobozi wa polisi mu ntara y’iburengerazuba Seminega Jean Baptiste yasabye abaturage b’akarere ka Nyamasheke More...

Kamonyi: Abaturage barasabwa kwita ku mutekano w’abaturanyi babo
Mu kiganiro abaturage bo mu mudugudu wa Ryabitana, akagari ka Gihinga, umurenge wa Gacurabwenge, bagiranye n’abayobozi nyuma y’umuganda wo ku itariki 28/4/2012, Guverineri w’Intara y’Amajyepfo More...

Bugesera: Urubyiruko rwiyemeje guhagurukira ikibazo cy’ibiyobyabwenge
urubyiruko Inzego z’urubyiruko mu karere ka Bugesera zirasabwa gufata iya mbere mu gukangurira urubyiruko bagenzi babo kwirinda ibiyobyabwenge kuko ababikoresha babana na bo umunsi ku munsi. Ibyo babikanguriwe More...