
Nyamasheke: Abagize ubutwari bwo kwitangira abana bashimiwe
Umwe mu miryango yareze abana b’imfubyi. Uwo barera ni uwo uri hagati ubu arangije amashuri abanza. Mu birori byo kwizihiza umunsi w’intwari wabereye mu murenge wa Shangi, mu kagari ka Burimba, More...