
Kayonza: Abagize komite z’urubyiruko barasabwa gutanga raporo z’ibyo bakora
 Umuhuzabikorwa w’inama nkuru y’igihugu y’urubyiruko, CNJR mu karere ka Kayonza, Uwizeyimana Placide arasaba abagize komite z’urubyiruko ku rwego rw’imirenge kujya bihutira More...

Aba Local Defense barasabwa guhindura isura mbi itari iy’ubunyangamugayo ibavugwaho
Bamwe mu bashinzwe umutekano mu karere ka Muhanga bazwi ku izina ry’aba-local Defense basabwe guha agaciro akazi bakora kuko hari abatari bake byagaragaye ko bakora ibikorwa bisebesha abakora aka kazi. Ibi More...

Karama: Abaturage bamurikiwe ibikorwa by’amashanyarazi
Muri gahunda ya Leta yo kugeza ibikorwaremezo ku baturage kugira ngo iterambere ryihute mu bice by’icyaro, kuri uyu wagatatu tariki 21 Werurwe 2012, abaturage bo mu Karere ka Nyagatare mu  Murenge wa More...

NSR | Akarere ka Kamonyi kemeye kwishyura abaturage bakoze umuhanda wakoreshejwe n umutekamutwe
Amafaranga akabakaba miliyoni eshatu n’igice niyo yabaruwe n’impuguke mu bwubatsi bw’imihanda, nk’igihembo cyari gikwiye abakoze umuhanda uhuza Akagri ka Nkingo ko mu murenge wa Gacurabwenge More...

NSR | Nyamasheke: Demokarasi n imiyoborere myiza byateye imbere
Abaturage bo mu karere ka Nyamasheke baratangaza ko iwabo bamaze gutera intambwe ishimishije muri demokarasi n’imiyoborere myiza. Ibi byatangajwe na bamwe mu barimu bari bitabiriye amahugurwa ku ruhare rw’umwarimu More...

Gatsibo ubuyobozi bushaka impinduka mubafatanya bikorwa mu iterambere
Mu kiganiro cy’amasaha 6 ubuyobozi bw’akarere bwagiranye n’abafatanyabikorwa mu iterambere ry’akarere bahuriye mu ihuriro rya JAF (joint action Forum) taliki ya 9 Gashyantare ubuyobozi More...

Akarere ka Nyamasheke karigirwaho uko imisoro itangwa mu buryo bwiza
Abahagarariye ishami ry’imari mu turere twose, bamwe mu bakozi b’ishyirahamwe ry’uturere n’umujyi wa Kigali (RALGA), ndetse na bamwe mu baturutse muri minisiteri y’ubutegetsi More...

Rutsiro: Senat yasuye ibikorwa by’ubuhinzi n’ubworozi mu turere twa Rutsiro na Karongi
Bamwe mu basenateri bagize komisiyo y’ubukungu n’iterambere ry’umuryango, bari muri gahunda yo gusura ibikorwa by’ubuhinzi n’ubworozi mu turere twa Rutsiro na Karongi. Ikigaragara More...

Gahini: Urubyiruko rurangije amashuri yisumbuye rwiyemeje guhindura amateka y’u Rwanda
Urubyiruko rw’abanyeshuri barangije amashuri yisumbuye bari mu itorero ry’igihugu mu murenge  wa Gahini wo mu karere ka Kayonza, ngo rufite gahunda yo kuzahindura amateka mabi yaranze u Rwanda bakongera More...