
Ruhango: urubyiruko rwiyemeje kuba abarinzi b’ibyagezweho
Ku munsi mpuzamahanga wahariwe urubyiruko, u rwo mu karere ka Ruhango, rwiyemeje kuba abarinzi b’ibyagezweho n’u Rwanda ruharanira kubiteza imbere. Umunsi mpuzamhanga w’urubyiruko uba tariki More...

Ngororero : `Gukwirakwiza abapolisi mu miringe ngo bizagabanya umubare w’ibyaha binorohereze abayigana
Polisi yamaze kwegera abaturage mu mirenge Nyuma y’amezi 4 abaturage bo mu karere ka Ngororero bemerewe n’urwego rwa polisi ko bagiye guhabwa abapolisi bo kubafasha muri serivisi bakenera, ubu abapolisi More...

Polisi y’u Rwanda ifite ibigwi byinshi cyane mu myaka 15 imaze: Minisitiri Uwacu
Ubwo yatangizaga icyumweru cyahariwe Police“Police weekâ€ku rwego rw’Intara y’Uburengerazuba,cyanahuriranye n’imyaka 15 Police y’u Rwanda imaze ibayeho, Minisitiri w’umuco More...

Rulindo: abayobozi mu nzego z’ibanze ngo basanga EAC bayungukiramo byinshi
Kuri uyu wa kane tariki ya 14/5/2015,mu karere ka Rulindo hatangiye amahugurwa mu bayobozi b’inzego z’ibanze ,ku bijyanye no gusobanurira aba bayobozi imikorere y’uyu muryango nyafurika w’ibihugu More...

Rulindo: umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda yatangije ibiro bishya bya polisi
tariki ya 27/4/2015, mu karere ka Rulindo habereye umuhango wo gutaha inyubako izajya ikoreramo polisi y’igihugu, iyi nzu ikaba iherereye mu mudugudu wa Buhande ,Akagari ka Gasiza murenge wa Bushoki. Ataha More...

Kirehe: Urubyiruko rubona ibyiza bya EAC ku Rwanda
Abasore n’inkumi 50 bo mu Karere ka Kirehe basanga hari byinshi u Rwanda ruzageraho mu iterambere n’ubufatanye bw’ibihugu bigize Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba(EAC) Ni More...

Gakenke: Bumvaga umuryango wa EAC ari umuryango uhuriwemo n’abayobozi bonyine
Bamwe mu baturage batuye mu karere ka Gakenke bavuga ko batari bazi ko umuryango uhuriwemo n’ibihugu bya Africa y’Uburasirazuba (EAC) nabo ubareba kuko bumvaga ko uhuriwemo n’abayobozi gusa Gusa More...

Rutsiro: Basanga ibihugu bya EAC nibiba Leta imwe umuco uzaba imbogamizi ku banyarwanda.
Kuva kuwa Mbere Tariki ya 02 Werurwe 2015 mu karere ka Rutsiro hari kubera amahugurwa agamije kumenyekanisha inkingi za EAC(East Africa Community)muri zo hakaba harimo no guhuza ibihugu biyigize bikaba Leta imwe More...

Bugesera: Urubyiruko n’abagore barakangurirwa kwitabira isoko ry’ibihugu by’afrika y’iburasirazuba
Abahugurwa bahawe n’umwanya bungurana ibitekerezo mu matsinda Abahagarariye inzego z’urubyiruko n’abagore bo mu karere ka Bugesera barahabwa amahugurwa ku kwitabira isoko rusange rihuza ibihugu More...

Ngororero: EACSOF irasaba abatuye akarere ka Ngororero kubyaza inyungu umuryango EAC
Nyuma y’uko ibihugu byibumbiye mu muryango w’Ibihugu byo muri Afurika y’Iburengerazuba (EAC) bishyizeho uburyo bwo korohereza ababituye gukorera muri ibyo bihugu ku buryo bworoshye, abaturage More...