Subscribe by rss
    Sunday 24 January, 2021
    Rwanda News
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED
    Tag archive for ‘benefits’
    By gahiji On Wednesday, August 26th, 2015
    0 Comments

    Ruhango: urubyiruko rwiyemeje kuba abarinzi b’ibyagezweho

    Ku munsi mpuzamahanga wahariwe urubyiruko, u rwo mu karere ka Ruhango, rwiyemeje kuba abarinzi b’ibyagezweho n’u Rwanda ruharanira kubiteza imbere. Umunsi mpuzamhanga w’urubyiruko uba tariki More...

    Polisi yamaze kwegera abaturage mu mirenge
    By gahiji On Tuesday, July 21st, 2015
    0 Comments

    Ngororero : `Gukwirakwiza abapolisi mu miringe ngo bizagabanya umubare w’ibyaha binorohereze abayigana

    Polisi yamaze kwegera abaturage mu mirenge Nyuma y’amezi 4 abaturage bo mu karere ka Ngororero bemerewe n’urwego rwa polisi ko bagiye guhabwa abapolisi bo kubafasha muri serivisi bakenera, ubu abapolisi More...

    Polisi y’u Rwanda ifite ibigwi byinshi cyane mu myaka 15 imaze: Minisitiri Uwacu
    By gahiji On Monday, June 15th, 2015
    0 Comments

    Polisi y’u Rwanda ifite ibigwi byinshi cyane mu myaka 15 imaze: Minisitiri Uwacu

    Ubwo yatangizaga icyumweru cyahariwe Police“Police week”ku rwego rw’Intara y’Uburengerazuba,cyanahuriranye n’imyaka 15 Police y’u Rwanda imaze ibayeho, Minisitiri w’umuco More...

    Rulindo: abayobozi mu nzego z’ibanze ngo basanga EAC bayungukiramo byinshi
    By gahiji On Saturday, May 16th, 2015
    0 Comments

    Rulindo: abayobozi mu nzego z’ibanze ngo basanga EAC bayungukiramo byinshi

    Kuri uyu wa kane tariki ya 14/5/2015,mu karere ka Rulindo hatangiye amahugurwa mu bayobozi b’inzego z’ibanze ,ku bijyanye no gusobanurira aba bayobozi imikorere y’uyu muryango nyafurika w’ibihugu More...

    Rulindo: umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda yatangije ibiro bishya bya polisi
    By gahiji On Thursday, April 30th, 2015
    0 Comments

    Rulindo: umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda yatangije ibiro bishya bya polisi

    tariki ya 27/4/2015, mu karere ka Rulindo habereye umuhango wo gutaha inyubako izajya ikoreramo  polisi y’igihugu, iyi nzu ikaba iherereye mu mudugudu wa Buhande ,Akagari ka Gasiza murenge wa Bushoki. Ataha More...

    Kirehe: Urubyiruko rubona ibyiza bya EAC ku Rwanda
    By gahiji On Sunday, March 15th, 2015
    0 Comments

    Kirehe: Urubyiruko rubona ibyiza bya EAC ku Rwanda

    Abasore n’inkumi 50 bo mu Karere ka Kirehe  basanga hari byinshi u Rwanda ruzageraho mu iterambere  n’ubufatanye bw’ibihugu bigize Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba(EAC) Ni More...

    Gakenke: Bumvaga umuryango wa EAC ari umuryango uhuriwemo n’abayobozi bonyine
    By gahiji On Saturday, March 7th, 2015
    0 Comments

    Gakenke: Bumvaga umuryango wa EAC ari umuryango uhuriwemo n’abayobozi bonyine

    Bamwe mu baturage batuye mu karere ka Gakenke bavuga ko batari bazi ko umuryango uhuriwemo n’ibihugu bya Africa y’Uburasirazuba (EAC) nabo ubareba kuko bumvaga ko uhuriwemo n’abayobozi gusa Gusa More...

    Basanga ibihugu bya EAC nibiba Leta imwe umuco uzaba imbogamizi ku banyarwanda.
    By gahiji On Thursday, March 5th, 2015
    0 Comments

    Rutsiro: Basanga ibihugu bya EAC nibiba Leta imwe umuco uzaba imbogamizi ku banyarwanda.

    Kuva kuwa Mbere Tariki ya 02 Werurwe 2015 mu karere ka Rutsiro hari kubera amahugurwa agamije kumenyekanisha inkingi za EAC(East Africa Community)muri zo hakaba harimo no guhuza ibihugu biyigize bikaba Leta imwe More...

    Abahugurwa bahawe n’umwanya bungurana ibitekerezo mu matsinda
    By gahiji On Thursday, March 5th, 2015
    0 Comments

    Bugesera: Urubyiruko n’abagore barakangurirwa kwitabira isoko ry’ibihugu by’afrika y’iburasirazuba

    Abahugurwa bahawe n’umwanya bungurana ibitekerezo mu matsinda Abahagarariye inzego z’urubyiruko n’abagore bo mu karere ka Bugesera barahabwa amahugurwa ku kwitabira isoko rusange rihuza ibihugu More...

    Abahabwa amahugurwa bazakora ubukangurambaga mu baturage
    By gahiji On Saturday, December 20th, 2014
    0 Comments

    Ngororero: EACSOF irasaba  abatuye akarere ka Ngororero kubyaza inyungu umuryango EAC

    Nyuma y’uko ibihugu byibumbiye mu muryango w’Ibihugu byo muri Afurika y’Iburengerazuba (EAC) bishyizeho uburyo bwo korohereza ababituye gukorera muri ibyo bihugu ku buryo bworoshye, abaturage More...

    Next Page »
    Rwanda News
      • Home
      • About us
      • Contact Us
      • Privacy Policy
      • Terms
      • RSS by category
      • Irembo
      • Abanyapolitiki
        • Ibibazo n’ibisubizo
        • Ibikorwa
        • Imitwe ya politiki
        • Rwanda Politics
        • Ubuvugizi
    All Rights Reserved | NewsOfRwanda.com
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED