
Rwanda | Ngororero: Imiterere y’akarere yatumye hari aho abagenzuzi b’imihigo batagera neza
Ku matariki ya 9 n’iya 10 Nyakanga uyu mwaka wa 2012, mu karere ka Ngororero habaye igikorwa cyo kugenzura uko imihigo y’umwaka wa 2011-2012 yashyizwe mu bikorwa, igikorwa cyakozwe n’intumwa More...

Gahunda ya JADF yagabanyije akavuyo mu mikorere y’imiryango itegamiye kuri Leta
 JADF (Ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu iterambere) ifasha ubuyobozi kumenya icyo buri muryango utegamiye kuri leta ukorera mu karere ukora n’abagenerwabikorwa bakamenyekana ku buryo nta miryango More...

Kamonyi: Uburezi n’ubuzima bizatwara 50% by’ingengo y’imari 2012/2013
Amafaranga yagenewe ibikorwa bijyanye n’uburezi ndetse n’ubuzima , mu ngengo y’imari y’akarere ka Kamonyi, muri uyu mwaka wa 2012/2013, ari hejuru ugereranyije n’agenewe ibindi More...

Imihigo ireba umuntu wese utuye cyangwa ukorera mu karere ishyirirwa mu bikorwa
Kuri uyu wa kane tariki ya 21/06/2012, nibwo ikipe ishinzwe kugenzura  ishyirwa mu bikorwa ry’imihigo y’umwaka wa 2011-2012 Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yagiranye n’indongozi More...

Akarere ka Rubavu karashimirwa kishakamo ibisubizo mu kwesa imihigo
 Fred Mufuruke, Diregiteri mukuru muri Minisiteri yUbutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yatangaje ko batangajwe n’uburyo abayobozi n’abaturage bishatsemo ibisubizo kugirango bashyire mu bikorwa More...

Nyamagabe: Abaturage barakangurirwa kugira uruhare mu bikorwa by’iterambere.
Abitabiriye inama bateze amatwi umuyobozi w’akarere ka Nyamagabe. Ihuriro ry’imiryango itari iya leta rikorera mu karere ka Nyamagabe rirakangurira abaturage bo muri aka karere kugira uruhare More...

Intara y’amajyepfo: amasoko n’ibiza byabangamiye ishyirwa mu bikorwa ry’imihigo y’Uturere
Hasigaye igihe gitoya ngo Uturere tugaragaze aho tugeze duhigura imihigo. Uturere two mu Ntara y’Amajyepfo tugeze kure dushyira mu bikorwa ibyo twahize, ariko hari imihigo yadindijwe n’itangwa ry’amasoko, More...

Nyamasheke: Police yashimangiye umubano mwiza n’akarere ka Nyamasheke.
Kuba icyumweru cyahariwe ibikorwa bya polisi y’igihugu cyatangirijwe mu karere ka Nyamasheke ku rwego rw’igihugu ngo ni ikimenyetso cy’uko umubano hagati y’impande zombi uhagaze neza. More...

Nyamasheke: Umuhanda mubi ni imbogamizi mu ishyirwa mu bikorwa ry’umushinga w’icyayi wa Gatare
Kuba umuhanda ujya ahazubakwa uruganda rw’icyayi rwa gatare udakoze niyo mpamvu kugeza ubu imirimo yo kubaka urwo ruganda itari gukorwa kuko ibikoresho bizakoreshwa mu iyubakwa ryarwo byabuze uko bigera More...

Rwanda | Guhanahana ubumenyi ni ingirakamaro ku banyafurika bose- IGP Gasana
Itsinda ry’inzego z’umutekano ziturutse muri Benin no muri Burkina Faso ziri mu Rwanda mu rugendoshuri rw’iminsi ine zigamije kurahura ubumenyi n’ubunararibonye kuri bagenzi babo bo mu More...