
Ngoma: Abayobozi barasabwa kuba intangarugero mu gushyira mu bikorwa gahunda za leta ahobatuye
Umuyobozi wungirije w’akarere ka Ngoma ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Kirenga Providence arasaba abayobozi  kujya bafata iyambere mu gushyira mu bikorwa ibyo bakangurira abaturage More...

Huye: abayobozi barasabwa gutanga ibikorwa bizitabwaho mu gutegura EDPRS
Umuyobozi w’Umurenge wa Ngoma mu Karere ka Huye, Sahundwa Pascal, yasabye abayobozi b’imidugudu gukora gahunda z’ibikorwa by’ingenzi babona bizitabwaho mu gutegura Ingamba z’iterambere More...

Har’ibizitabwaho na Guverinoma mu mezi atatu ari imbere mu rwego rwo kurushaho guteza imbere u Rwanda
Mu mezi 3 ari imbere guverinoma izibanda ku bikorwa bisubiza ibibazo by’abaturage birimo kurushaho kubegereza umuriro w’amashanyarazi mu byaro. Nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’intebe More...

Nyamasheke: Inama Njyanama irishimira ishyirwa mu bikorwa ry’imyanzuro bafashe
Inama njyanama y’akarere ka Nyamasheke irishimira ko inzego za leta zashyize mu bikorwa umwanzuro wari wafashwe mu nama yabaye tariki ya 28 ukuboza 2011, aho basabaga ko inyubako zikorerwamo n’inzego More...

Ngororero: Akarere karagirwa inama yo gushimira abafatanyabikorwa naba rwiyemeza mirimo
Station ya essence mu mujyi wa Ngororero Abafatanyabikorwa naba rwiyemezamirimo ni bamwe mu nkingi zikomeye z’iterambere ry’akarere nkuko bigaragazwa n’ibikorwa bamaze kukagezaho, bityo ngo More...

Nyamasheke: Ubufatanye na polisi buzagirira akamaro kanini akarere
Kuri uyu wa 29 werurwe 2012, polisi y’urwanda yaguye imikoranire mu bikorwa yari isanzwe ikora byo gufasha abaturage kwicungira umutekano no kubafasha mu iterambere ry’igihugu, isinya amasezerano y’ubufatanye More...

Ngororero: Imurika bikorwa ni kimwe mu bigaragaza imikorere y’abayobozi n’abafatanya bikorwa
Imyanzuro y’inteko rusange ya JDAF ISANGANO y’akarere ka Ngororero yemeje ko imurika bikorwa ari kimwe mu byereka abaturage ko abayobozi n’abafatanya bikorwa bagera ku ntego bihaye, maze ihita More...

“Imihigo ni iy’abaturage bose†– Umuyobozi wa Kayonzi
Umuyobozi w’akarere ka Kayonza, Mugabo John Umuyobozi w’akarere ka Kayonza, Mugabo John, arasaba ubufatanye bw’abayobozi b’inzego z’ibanze n’abaturage muri rusange mu gushyira More...

GISAGARA: BAGIRANYE AMASEZERANO N’AKARERE MU GUTEZA IMBERE IMITURIRE
Abanyamabanga nshingwa bikorwa b’imirenge mu karere ka Gisagara basinyanye amasezerano n’akarere, amasezerano avuga ko bagiye kwita ku kibazo cy’imiturire kigakemuka neza kandi mu gihe gito. Aya More...

Rwanda | Rusizi: Komisiyo y amatora irasaba abayobora amatora kureka amarangamutima
tariki ya 16 Gashyantare 2012, mu nama n’abayobora amatora mu turere twa Rusizi na Nyamasheke, Komisiyo y’amatora yasabye abo bantu kwirinda amarangamutima mu bikorwa by’amatora kuko bigira More...