
Rulindo: Inama njyanama yemeje ingengo y’imari ivuguruye y’igihembwe cya kabiri
Abitabiriye inama njyanama Inama njyanama y’Akarere ka Rulindo icyuye igihe, ku itariki ya 24/01/2016, yateraniye mu cyumba cy’inama cy’Akarere hagamijwe kureba ibyagezweho. Inama njyanama More...

Nyagatare: Ingengo y’imari yagabanutseho 5.2%
Abagize biro ya njyanama y’akarere ka Nyagatare. Hagati Kamanzi Alicade umuyobozi wayo. Njyanama y’akarere ka Nyagatare yateranye kuri uyu wa 24 Mutarama, yemeje ingengo y’imari ivuguruye ingana More...

Nyamagabe: Amafaranga agenewe ibikorwa by’iterambere agiye kongerwa
Akarere karatangaza ko amafaranga agenewe ibikorwa by’iterambere, hafashwe ingamba z’uko yakongerwa ugereranije n’agenewe ibikorwa by’ubuzima busanzwe bw’akarere. Mu kiganiro More...

Ruhango: Abafatanyabikorwa barasabwa gukora igenamigambi rinogeye abaturage
Mu nama nyunguranabitekerezo yahuje bamwe mu bakozi b’akarere ka Ruhango tariki ya 21/07/2015, n’imiryango mpuzamahanga 21 itegamiye kuri leta ikorera muri aka karere, Twagirimana More...

Ngororero : Abafite ubumuga, abagore n’urubyiruko barasabwa gufasha akarere gukoresha ingengo y’imari
Perezida w’inama njyanama y’akarere ka Ngororero Bigenimana Emmanuel arasaba urwego rw’abafite ubumuga, inama y’igihugu y’abagore n’iy’urubyiruko gufasha ubuyobozi More...

Ngoma: Ingengo y’imari y’akarere igenewe ibikorwa bitandukanye by’iterambere yiyongereyeho 2,5%
Amafaranga hafi miliyoni 300 y’u Rwanda angana na 2,5% niyo yiyongereye ku ngengo y’imari isaga miliyari 11 y’akarere ka Ngoma y’uyu mwaka wa 2015-2016,ugereranije n’ay’umwaka More...

Nyamagabe: Abaturage barishimira ko bagira uruhare mu kureba aho iterambere ry’igihugu cyabo rigeze
Abaturage barishimira ko basigaye bagira uruhare mu mihigo, bareba aho iterambere ry’igihugu cyo rigeze, nk’iyo bamurikiwe imihigo y’uduce batuyemo bakibonera ibyo bahize ko byagezweho. Kuri More...

Ngororero : Ngo igenamigambi ridateguwe neza ngo niryo rituma bimwe mu bikorwa bitagera ku ntego
Ahantu nyaburanga ku mukore wa rwabugiri naho haradindiye Bamwe mu baturage bo mu karere ka Ngororero bavuga ko kuba hari ibikorwa cyane cyane ibikorwaremezo byubakwa n’akarere bigatwara akayabo ariko ntibigere More...

Nyamagabe: Gukererwa kwishyura no gusinya amasezerano ni bimwe mu bidindije ishyirwamukirorwa by’ingengo y’imari
Gukererwa kwishyura no gusinya amasezerano hagati y’Akarere ka Nyamagabe na ba rwiyemezamirimo ni bimwe mu bidindije ishyirwamubikorwa by’ingengo y’imari y’akarere ka Nyamagabe 2014-2015, More...

Kamonyi: Abafatanyabikorwa barahamagarirwa gutanga umusanzu wa JADF
 Mu nama yahuje abafatanyabikorwa b’akarere ka Kamonyi tariki 12/3/2015, bahamagariwe gutanga umusanzu w’Ihuriro kuko ariwo ufasha mu gutegura ibikorwa by’Ihuriro no gukora Imurikabikorwa. Imiryango More...