
Rwanda : Buri murenge wo mu Ntara y’amajyepfo ufite 4.000.000 zo gufasha abacitse ku icumu mu mishinga yo kwiteza imbere
Nyuma yo kubona ko abacitse ku icumu bo mu Ntara y’Amajyepfo bakennye cyane, bakaba bagomba gufashwa kwiteza imbere bakikura mu bukene, buri Murenge wo muri iyi Ntara wagenewe miliyoni enye zo kubafasha More...

Rwanda | Ibarura rusange rizarangira muri Kanama 2012 rizafasha igihugu mu iterambere
Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare kiratangaza ko ku itariki ya 16 Kanama 2012 kizatangira gukora ibarura rusange ry’abaturage n’imiturire mu Rwanda. Iri barura rikaba rizafasha igihugu More...

Abarimu b’Iburasirazuba biyemeje gukangurira abandi inyungu n’amahirwe biri mu Muryango wa Afurika y’Uburasirazuba EAC
Abarimu babiri bahagarariye abandi kuri buri kigo cy’ishuri mu Ntara y’Iburasirazuba baravuga ko bagiye kumenyesha bagenzi babo bakorana ndetse n’abaturage baturanye akamaro kanini Umuryango More...

Kwibuka ku rwego rw’umurenge bifasha abaturage kwibuka umwihariko w’itariki jenoside yakoreweho ku musozi wa bo
Kuba uyu mwaka harabayeho gahunda yo kwibuka ku rwego rwa buri murenge, ni kimwe mu bifasha abaturage kwibuka neza amatariki y’umwihariko jenoside yabereyeho ku misozi ya bo. Kuri uyu wa gatanu tariki ya More...

Nyamasheke: Barasabwa gutanga raporo z’ibiza buri munsi muri Midimar
Abashinzwe imibereho myiza mu mirenge igize akarere ka Nyamasheke barasabwa kujya batanga raporo ku biza bigwirira imirenge bakoreramo buri munsi, ibi bikaba bizafasha minisiteri ishinzwe gukumira ibiza no gucyura More...

Ikorwa rya firimi ku bikorwa byagezweho n’intore ryatangiriye i Rulindo
Kuri uyu wa gatanu tariki 04/05/2012, mu karere ka Rulindo hatangiriye igikorwa cyo gufata amashusho ya firimi izagaragaza ibyagezweho n’intore mu gihugu cyose. Nk’uko bitangazwa na Rutayisire Tharcisse, More...

Gahunda za Leta ituyoboye ni iziganisha iterambere- Superintendant Rutishisha
Spt Rutishisha arashishikariza Abanyarwamagana kubyaza inyungu gahunda za Leta Abanyarwamagana n’Abaturarwanda bose bakwiye gufatirana amahirwe bafite bwangu, bakabyaza gahunda za Leta iterambere ribakwiye More...

Abayobozi b’Utugari badakora neza bahombya Rwamagana
Inteko y’Akarere ka Rwamagana yateranye kuwa 6 Mata uyu mwaka yikomye Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Utugari ivuga ko badakora neza akazi bahawe, bikaba bitera abantu byibura 40 kudakora akazi kabo More...

Nyamasheke: Imyiteguro yo kwibuka ku nshuro ya 18 iri kugenda neza.
Kuva ku itariki ya 7 Mata buri mwaka, mu gihugu hose hatangira iminsi ijana yo kwibuka inzirakarengane zazize jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Insanganyamatsiko y’uyu mwaka igira iti:â€KWIBUKA More...

Iburasirazuba barigisha abakuze gusoma no kwandika mu buryo budasanzwe
Abantu bakuru batazi gusoma no kwandika mu Ntara y’Iburasirazuba bagiye kwigishwa gusoma no kwandika mu buryo budasanzwe, aho ADRA ivuga ko izakoresha uburyo bwo kubigisha ibifitanye isano n’ubuzima More...