
Rwanda | Huye: Abafatanyabikorwa barasabwa kugira uruhare mu mihigo ya 2012-2013
Mu nama rusange y’ihuriro ry’abafatanyabikorwa bo mu Karere ka Huye yabaye ku itariki ya 21 Kanama,2012, umuyobozi w’aka Karere yamurikiye abafatanyabikorwa imihigo yagezweho mu mwaka wa 2011-2012, More...

Rulindo – Abaturage n’abayobozi bisibiye umukoki waciwe n’amazi
Abaturage b’umurenge wa Base mu karere ka Rulindo n’abayobozi, kuri uyu wa gatandatu tariki 19/05/2012 batangije uburyo bwo gutera ibiti by’imihati ku buryo bw’amaterasi mu mukoki waciwe More...

KHI na KIST basuye urwibutso rwa genocide rwa Nyarubuye
Kuri uyu wa 08 Mata 2012 abanyeshuri biga mu ishuri rikuru ry’ubuvuzi rya Kigali KHI Na KIST hamwe n’abayobozi babo basuye urwibutso rwa Nyarubuye rw’abazize jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka More...

Kabare: Ubuyobozi burakorera abaturage ubuvugizi kugira ngo bagezweho ikoranabuhanga ryo kuhira imyaka
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Kabare mu karere ka Kayonza, Dusingizumukiza Alfred, aravuga ko abaturage bo muri uwo murenge bari gukorerwa ubuvugizi ku bijyanye n’ubuhinzi bwo kuhira More...

Nyanza: Imiryango 102 yasezeranye mu buryo bwemewe n’amategeko mu murenge wa Nyagisozi
Tariki 26 Mutarama 2012 mu murenge wa Nyagisozi mu karere ka Nyanza habereye umuhango wo gusezeranya imiryango 102 yabanaga mu buryo butemewe n’amategeko. Uwo muhango wayobowe n’umunyamabanga More...

Rukara: Imiryango 429 yabanaga mu buryo butemewe n’amategeko yasezeranye
Ubuyobozi bw’umurenge wa Rukara kuri uyu wa mbere bwasezeranyije imiryango 500 yabanaga mu buryo butemewe n’amategeko. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Rukara, Ngabonziza Bideri Vincent More...

Inteko yatoye itegeko rigena imitunganyirize y’ imijyi
Tariki ya 2 Ugushyingo, abadepite batoye itegeko rigena imitunganyirize y‘imijyi n‘ imyubakire mu Rwanda. Iryo tegeko riha uturere n‘umujyi bidafite ibishushanyombonera kuba bibifite bitarenze More...