
Nyabihu: Bahisemo gutaha kuko bari barambiwe ubuzima bw’intambara
Bamwe mu bagize imiryango 5 yatahutse kuri uyu wa 22 Nyakanga, bava muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo,bavuga ko bari bamaze kurambirwa ubuzima bwo guhora biruka kubera umutekano mucye warangwaga More...

Rusizi:Ababaga mu mashyamba ya Congo barishimira kwizihiriza umwaka mushya mugihugu cyabo
Abanyarwanda 63 biganjemo abagore n’abana baravuga ko bishimiye kugaruka mugihugu cyabo cy’amavuko nyuma yo kubigerageza kenshi ariko ntibibakundire kubera amakuru y’ibihuha bahura nayo More...