
Ngoma: Abamotari barivuga imyato mugihe police ikibashinja ibiyobyabwenge
Ruremesha simeon , umusecurite Ubwo hangizwaga ibiyobyabwenge Mu gihe abamotari mu karere ka Ngoma bivuga imyato ko ntawugitwara ibiyobyabwenge,police y’igihugu yo iravuga ko hari bake bakibikora. Ruremesha More...

Rulindo: Igihe cy’amatora si intandaro yo gusubira inyuma kw’imihigo.
guverineri yaganiriye n’abayobozi n’abakozi b’akarere Ubwo Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru yasuraga Akarere ka Rulindo kuwa 18/02/2016 yasabye abayobozi n’abakozi b’Akarere More...

Ruhango: ababyeyi barasabwa kuba hafi y’abari ku rugerero
Intore ziyemeje gukora ibikorwa bitandukanye  Intore ziyemeje gukora ibikorwa bitandukanye Umuyobozi w’akarere ka Ruhango, Mbabazi François Xavier, arasaba ababyeyi n’abayobozi mu nzego z’ibanze More...

Gicumbi – Intore zatangiye urugerero zisana inzu y’umukecuru utishoboye
Umutahira mukuru afatanya n’intore guhoma inzu y’umuturage Mu gutangiza urugerero rw’intore mu karere ka Gicumbi mu murenge wa Rubaya basannye inzu y’umukecuru utishoboye Ntawukirasongwa More...

Gatsibo: Urubyiruko rwakanguriwe kuba umusemburo wo kurwanya ibiyobyabwenge
Hangijwe ibiyobyabwenge byiganjemo kanyanga, chief waragi hamwe n’urumogi Urubyiruko rurangije amashuri yisumbuye rwo mu mirenge itandukanye igize akarere ka Gatsibo rurakangurirwa kuba umusemburo wo kurwanya More...

Bugesera: Abikorera basinyanye amasezerano y’ubufatanye n’akarere
Umuyobozi w’akarere n’uhagarariye abikorera nyuma yo gushyira umukono ku masezerano Abikorera bo mu karere ka Bugesera, basinyanye amasezerano y’imyaka ibiri n’ubuyobozi bw’akarere, More...

Rulindo: Abafatanyabikorwa b’akarere ka Rulindo basabwe gukorana n’inzego z’ibanze.
Umuyobozi w’akarere ka Rulindo KANGWAGYE Justus asaba abayobozi b’inzego z’ibanze n’abafatanyabikorwa kujya bakorana neza Akarere ka Rulindo kakoranye inama n’abafatanyabikorwa More...

Nyamasheke: Barasabwa gushingira imihigo ku muryango
Abaturage b’umurenge wa kagano mu karere ka Nyamasheke, barasabwa guhiga ibikorwa bishingiye mu muryango kugira ngo bazongere bese imihigo. Ni nyuma y’uko uyu murenge wa kagano ubaye uwa mbere More...

Kamembe bahawe icyemezo cy’ishimwe ku bikorwa by’umuganda
Abaturage b’umurenge wa Kamembe mu karere ka Rusizi bahawe icyemezo cy’ishimwe ku gikorwa cy’indashyikirwa bagezeho cyo kubaka u Rwibutso. Muri uyu muganda wo ku wa 26 Nzeri 2015 ku rwego More...

Rulindo: Akarere ka Rulindo kagiye kwegereza ubuyobozi abaturage.
Abayobozi n’abafatanyabikorwa b’akarere ka rulindo bahuriye mu nama igamije kurebera hamwe uko bakwegereza ubuyobozi abaturage mu rwego rwo kwesa neza imihigo y’umwaka utaha. Inama yabereye More...