
Karongi: Imitegurire n’imitangire y’amasoko biri mu bidindiza imihigo
Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi buragaragaza nubwo kari ku kigero kitari kibi, imitegurire n’imitangire y’amasoko byadindije imwe mu mihigo kari kiyemeje. Ni nyuma y’isuzuma ry’aho More...

Police central to fighting graft- Gambia Attorney General
Gambia has commended policies designed to address corruption in Rwanda and assured to apply similar structures to the country. This was disclosed by Gambian Minister of Justice, Mama Fatima Singhateh, on October More...

Rusizi: Abikorera baratunga agatoki akanama gashinzwe gutanga amasoko ya Leta
Abikorera bo mu karere ka Rusizi baratunga agatoki akanama gashinzwe gutanga amasoko ya Leta muri ako karere aho bavuga ko abashinzwe kuyatanga bihererana na bamwe mubayobozi bo muri ako karere bifashishije ibyangombwa More...

Muhanga: Nta cyahindutse cyane ku buryo bwo kwakira amabaruwa y’ibiciro by’amasoko
Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buratangaza ko, hagiye gushyirwaho uburyo bushyashya bwo kujya bwakirwamo amabaruwa y’ibiciro ku bapiganira amasoko atangwa n’akarere. Umuyobozi w’Akarere More...

Nyaruguru: Ruswa ntiracika mu nzego z’ibanze
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyaruguru baratangaza ko mu nzego zo hasi ku mudugudu n’akagari ngo hakiri ruswa, aho batunga agatoki abayobozi kubaka ruswa kuri gahunda ubusanzwe zigenerwa abaturage ku More...

Nyamagabe: Abayobozi barasabwa kunoza imikorere no kwima urwaho ababakekaho ruswa.
Nyuma y’uko hakozwe isuzumamikorere mu nzego z’ibanze ndetse ubushakashatsi bukaba bukigaragaza ko harangwamo ruswa, abayobozi n’abakozi bo mu karere ka Nyamagabe kuva ku karere kugeza ku tugari More...

Rwanda | ‘Corruption cost my freedom and my family’s happiness’- an inmate reflects.
Some of the prisoners at Muhanga prison Noel Gasasira is an inmate in Muhanga prison in Nyamabuye sector in South province of Rwanda due to corruption. He says that he gave out a bribe so as to get services More...

Gisagara: Hatangijwe icyumweru cyo kurwanya ruswa mu nkiko
Iki gikorwa cyafunguwe n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere bwana Mvukiyehe Innocent kikaba kitabiriwe n’umukuru w’urukiko rwa Gisagara, abakozi bakora mu rukiko, ingabo, polisi, More...

Gakenke : 90% by’ibibazo byagejejwe ku bayobozi ni ibibazo by’amasambu
Muri gahunda yo gukemura ibibazo by’abaturage mu kwezi kwahariwe imiyoborere myiza, kuri uyu wa gatatu tariki 18/01/2012 ku biro bw’akarere, abayobozi batandukanye bumvise ibibazo by’abaturage. More...

Gakenke : 90% by’ibibazo byagejejwe ku bayobozi ni ibibazo by’amasambu
Muri gahunda yo gukemura ibibazo by’abaturage mu kwezi kwahariwe imiyoborere myiza, kuri uyu wa gatatu tariki 18/01/2012 ku biro bw’akarere, abayobozi batandukanye bumvise ibibazo by’abaturage. More...