
Abanyarwanda barasabwa gucika ku muco wo kudatanga amakuru mu ibarura rusange
Ikigo cy’igihugu cy’Ibarurishamibare kirasaba abanyarwanda gucika ku muco wo kwanga gutanga amakuru cyangwa kubeshya mu gihe cy’ibarura rusange ry’abaturage n’imiturire ryo ku More...

Umuco wo kwishingikiriza ubwoko wagakwiye kuranduka burundu hakimikwa ubushobozi-Capt Kirenga
Capt. Egide Kirenga ushinzwe guhuza abasirikare n’abasivile muri tumwe mu turere two mu ntara y’Amajyepfo yasabye abatuye umurenge wa Nyamabuye mu karere ka Muhanga mu ntara y’Amajyepfo ko More...

Muhanga: Ihungabana rikomoka kuri jenoside ngo si iry’abacitse ku icumu gusa
Nubwo hari bamwe bibaza ko ihungabana ari iry’abacitse ku icumu gusa kuko aribo bakorewe jenoside, kuri uyu wa 9 Mata 2012 mu biganiro n’abanyamuhanga, umunyamabanga w’inama njyanama y’akarere More...

Imitangire ya serivisi mu Rwanda igomba kuvugururwa-Minisitiri w’Intebe
Ubwo intara y’amajyaruguru yamurikaga ibyo yagezeho tariki 21-01-2012, Minisitiri w’intebe Pierre Damien Habumuremyi yasabye abanyarwabda bose ko bagomba kuvugurura imitangire ya serivisi kuko ngo More...